skol
fortebet

Imikino

Umugore wa Mo Salah n’uwa Jordan Henderson babyaye abana nyuma y’amezi 9 banyagiye FC Barcelona bituma benshi bacika ururondogoro

Abakinnyi ba Liverpool barimo Salah na kapiteni Jordan Henderson bari mu byishimo bikomeye byo (…)

Ronaldo De Lima yavuze umukinnyi ahora yifuza kureba akina hagati ya Messi na Cristiano Ronaldo

Uwahoze ari rutahizamu ukomeye ku isi Luis Nazario de Lima uzwi nka Ronaldo yatangaje ko akunda (…)

Ntabwo ubuyobozi bw’umupira bugarukira i Remera-Umuvugizi wa Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports yiyemeje kurega FERWAFA mu nkiko mpuzamahanga zica imanza ku mupira (…)

Odion Ighalo yabujijwe kujyana na Manchester United mu myitozo kubera Coronavirus

Rutahizamu wa Manchester United, Odion Ighalo ntazajyana mu myitozo n’iyi kipe ye nshya muri (…)

Umuvugizi wa Rayon Sports ashobora guhanwa kubera amagambo yavuze kuri FERWAFA

Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul ashobora gufatirwa ibihano bikomeye kubera (…)

Rayon Sports yafatiwe ibihano bikarishye na FERWAFA bituma perezida Sadate ayishinja imikorere mibi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryandikiye Rayon Sports ibaruwa (…)

Akayabo abakinnyi ba Liverpool bazahabwa nibatwara Premier League kamaze kumenyekana

Abakinnyi b’ikipe ya Liverpool ihagaze neza kurusha izindi zose mu Bwongereza bemerewe kuzahabwa (…)

Jose Mourinho yaciye ibintu kubera inyogosho ye idasanzwe

Umutoza Jose Mourinho uhorana udushya yaciye ibintu mu binyamakuru bitandukanye mu Bwongereza (…)

Police FC yihanije Gasogi United bituma ikura Rayon Sports ku mwanya wa kabiri

Ikipe ya Police FC yakoze ibyo abafana bari bayitezeho itsinda Gasogi United mu mukino w’umunsi (…)

Messi yagaragaye ari gushwana n’umwe mu bakinnyi ayoboye mu ikipe ya FC Barcelona

Rutahizamu wa FC Barcelona akaba na kapiteni wayo,Lionel Messi,yongeye kuvugwaho amahane ubwo (…)

Manishimwe Djabel yatangaje impamvu yishimira gutanga imipira ivamo ibitego kurusha kubitsinda

Umukinnyi Manishimwe Djabel uri mu ba mbere mu Rwanda mu kurema uburyo bubyara ibitego (…)

Real Madrid na FC Barcelona zasezerewe rimwe mu gikombe cy’umwami

Nyuma y’igihe kinini ibigugu Real Madrid na FC Barcelona byarigaruriye igikombe cya Copa Del (…)

FERWAFA yasubitse imwe mu mikino ya shampiyona kubera ikipe y’igihugu Amavubi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryafashe umwanzuro wo gusubika imikino (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje akazi yatekerezaga kuzakora ubwo yari akiba iwabo I Madeira

Rutahizamu Cristiano Ronaldo wamamaye ku isi yose kubera impano afite mu mupira w’amaguru (…)

FERWAFA yamaze gutangaza amakipe 2 azahura n’Amavubi mu mikino ya gicuti n’igihe izabera

Mu rwego rw kwitegura imikino ya CHAN, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] (…)