skol
fortebet

Imikino

Umukinnyi wahoze muri FC Barcelona yatangaje ikintu abakinnyi bayo bose bategekwa gukorera Messi

Umukinnyi witwa Jean-Clair Todibo wa FC Barcena ariko watijwe muri Schalke 04 yavuze ko (…)

Rayon Sports yashyize hanze ibisabwa kugira ngo yitabire amarushanwa atunguranye yatumiwemo

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwashyize hanze bimwe mu bisabwa abashaka kuyitumira mu (…)

Rayon Sports yikuye mu irushanwa ry’igikombe cy’Intwari 2020

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko itazitabira irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari 2020 (…)

FERWAFA yatangaje uko amakipe azahura mu gikombe cy’Amahoro

Ku cyicaro cya FERWAFA habereye Tombola y’uko amakipe agomba guhura mu gikombe cy’Amahoro uyu (…)

Jose Mourinho yarakaje abakinnyi ba Tottenham kubera mugenzi wabo amereye nabi

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,biravugwa ko yatangiye gutakarizwa icyizere n’abakinnyi (…)

Rayon Sports ishobora kudakina igikombe cy’Intwari uyu mwaka

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu (…)

Frank Lampard yatangaje umukinnyi wa Arsenal wagoye Chelsea agatuma itabona amanota 3

Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard aracyari mu gahinda ko kunanirwa gutsinda Arsenal y’abakinnyi (…)

Manchester United yakorewe igikorwa kigayitse n’abafana bayo kubera kwitwara nabi

Manchester United iri kwitwara nabi cyane yavugirijwe induru n’abafana bayo ubwo yari imaze (…)

Kylian Mbappe yatangaje ikintu atakwigana kuri Lionel Messi

Rutahizamu Mbappe wa PSG ufatwa na benshi ko ariwe ushobora kuzasimbura Ronaldo na (…)

Gasogi United na Heroes FC ntizizitabira igikombe cy’Amahoro uyu mwaka

Ikipe ya Gasogi United na Heroes zazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka ntizagaragaye ku (…)

Cristiano Ronaldo yavugishije benshi kubera ibyo yakoranye na Dybala

Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo,yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu (…)

Umumotari yafunzwe azira gutega umupolisi akamwambura imbunda ye

Umumotari witwa John Njoroge ukomoka muri Kenya yaciye ibintu nyuma y gutabwa muri yombi kuwa (…)

Mohamed Salah yavuze ku bivugwa ko atumvikana na mugenzi we bakinana Sadio Mane

Umunya Misiri Mohamed Salah ukina mu ikipe ya Liverpool yavuze ko ibivugwa ko atumvikana na (…)

KNC yatangaje ibanga rikomeye umutoza Maso yamenye ku mukino wa Rayon Sports bigatuma amwirukana

Umushoramari akaba na nyiri ikipe ya Gasogi United yatangaje ko yafashe umwanzuro wo kwirukana (…)

Frank Lampard yabwiye amagambo akomeye abakinnyi be bananiwe gutsinda Arsenal y’abakinnyi 10

Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard yarakariye cyane abakinnyi be bitwaye nabi bakanganya ibitego (…)