skol
fortebet

Imikino

Amavubi yisanze mu itsinda rimwe n’amakipe 2 yo muri EAC mu gushaka itike yo kwerekezamu gikombe cy’isi 2022

Amavubi y’u Rwanda yisanze mu itsinda E mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabera (…)

Rayon Sports yasinyishije umunya Cameroon ukina asatira [AMAFOTO]

Ikipe ikomeje gahunda yo kwiyubaka aho yasinyishije amasezerano y’ imyaka 2, umunya Cameroun (…)

Jose Mourinho yari agiye kurwana n’umwe mu bakinnyi atoza mu ikipe ya Tottenham

Hashize igihe gito umutoza Jose Mourinho agizwe umutoza wa Tottenham ariko yatangiye kugirana (…)

Rayon Sports yemeje ko nta muntu uzongera kuyiyobora adafite miliyoni 25 FRW n’impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye

Ikipe ya Rayon Sports yafatiye imyanzuro myinshi mu nama y’inteko rusange yabaye kuri iki (…)

Arsene Wenger yavuze ukuntu kuva ku kibuga cy’amateka cya Highbury byagize ingaruka mbi cyane kuri Arsenal

Umutoza Arsene Wenger wamaze imyaka 22 atoza ikipe ya Arsenal yavuze ko ubwo iyi kipe yimukiraga (…)

Aubameyang yagaragaye mu ruhame yambaye umupira ufite agaciro ka miliyoni 18 FRW [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Arsenal,Pierre-Emerick Aubameyang,uri mu bihano by’imikino 3 nyuma yo gukorera (…)

Kiyovu Sports yasuzuguriye Sunrise I Gologota mu gihe Gasogi United yikuyeho igisuzuguriro

Ikipe ya Kiyovu Sports yateye ikirenge mu cya APR FC igaragaza ko stade Gologota ari nk’izindi (…)

Batshuayi amerewe nabi n’umugore yateye inda akamwima indezo y’umwana

Rutahizamu wa Chelsea FC,Mitchy Batshuayi yajyanwe mu nkiko n’uwahoze ari umukunzi we Gitte Van (…)

Mohamed Salah yishongoye kuri Manchester United yabatesheje amanota

Umunya Misiri Mohamed Salah ukina mu ikipe ya Liverpool yavuze ko ikipe ya Manchester United (…)

Xavi yavuze impamvu yanze gutoza ikipe ya FC Barcelona

Umunyabigwi Xavi Hernandez wakiniye igihe kinini FC Barcelona akayihesha ibikombe byinshi,yavuze (…)

Cristiano Ronaldo yafashwe nk’umuhanuzi kubera ibyo yabwiye mugenzi we bakinana bikamubaho

Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo,aravugwaho kuba yarafashe umwanya we akaburira mugenzi (…)

Mashami yongerewe igihe cyo gukomeza gutoza Amavubi

Minisiteri ifite Siporo mu nshingano zayo yakuye abakunzi ba Siporo mu gihirahiro itangaza ko (…)

Rutahizamu Roberto Firmino yiyeguriye Imana abatirizwa muri Pisine ye [AMAFOTO]

Rutahizamu wa Liverpool,Roberto Firmino yiyeguriye Imana abatirizwa muri Pisine ye mu rugo mu (…)

CAF yafashe umwanzuro ushobora kuzatuma Arsenal na Liverpool zirira ayo kwarika

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yamaze kwisubiraho ivuga ko igikombe (…)

Kwizera Pierrot yatsinzwe igeragezwa mu ikipe yo muri Ghana yamushakaga

Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya As Kigali,Kwizera Pierrot,utarayikinira umukino n’umwe, agomba (…)