skol
fortebet

Imikino

Abafana ba Real Madrid basabiye ikintu gikomeye umukinnyi Valverde wahawe umutuku bagatwara igikombe

Ntabwo bikunze kubaho ko umuntu akora ikosa bikamugira intwari ariko ibi nibyo byabaye ku musore (…)

Real Madrid yongeye kugaruka mu bihe byiza byo gutwara ibikombe...yahereye kuri Super Cup

Umutoza Zinedine yongeye kubaka Real Madrid itwara ibikombe aho yahereye ku gikombe kiruta (…)

APR FC ikomeje kuba mpatsamakipe muri shampiyona y’uyu mwaka

APR FC yongeye kwereka igihandure abakeba bahanganiye shampiyona ya 2019/2020 kuko yatsinze (…)

Rutahizamu Lacazette yaciye inyuma umukunzi we asambana n’umukozi wo mu kabyiniro

Rutahizamu wa Arsenal,Alexandre Lacazette arashinjwa n’umukobwa w’Umwongereza ko bagiranye ibihe (…)

FC Barcelona yateje impaka ndende kubera umutoza ishaka gusimbuza Ernesto Valverde

Nkuko biri kugenda mu isi y’umupira w’amaguru y’ubu amwe mu makipe ari kwirukana abatoza bayo (…)

AS Kigali yahagamye Rayon Sports iyibuza gusatira mukeba wayo APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yananiwe kwanikira Police FC bahanganye ku mwanya wa kabiri ubwo (…)

Cristiano Ronaldo yanenzwe na benshi kubera ukuntu yatengushye bagenzi be

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatengushye bagenzi be bakinana ubwo yangaga kwitabira umuhango wo (…)

Lionel Messi yibasiwe nyuma yo kongera kugaragara agiye kurwana n’umukinnyi ukiri muto

Rutahizamu Lionel Messi yagaragaje uburakari bukomeye mu mukino ikipe ye ya FC Barcelona (…)

Steven Gerrard yashyize hanze abakinnyi 5 bakomeye mubo yahuye nabo apfobya Cristiano Ronaldo

Kapiteni w’ibihe byose wa Liverpool,Steven Gerrard usigaye ari umutoza w’ikipe ya Rangers,yavuze (…)

Munyakazi Sadate yavuze ku birego by’umutoza Martinez Espinoza no ku mutoza mushya wa Rayon Sports

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate yamaze amatsiko bamwe mu bafana bibazaga ku (…)

Kevin de Bruyne yagaragaje ukuntu Manchester City yasuzuguye cyane United

Umukinnyi Kevin de Bruyne ukina hagati mu ikipe ya Manchester City yatangaje ko mbere yo guhura (…)

Muhadjiri yahaye ubutumwa abavuze ko agiye kugaruka mu Rwanda

Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri ukina mu ikipe ya Emirates FC yavuze ko ibyavuzwe ko agiye (…)

Sadio Mane yatangaje ukuntu kubura inkweto zo gukinisha byamuhaye imbaraga zatumye aba umukinnyi wa mbere muri Afurika

Umunya Senegal Sadio Mane w’imyaka 27 yaraye atorewe kuba umukinnyi wahize abandi muri Afurika (…)

Abanya Chile bamenaguye isura y’ishusho yakorewe rutahizamu Alexis Sanchez

Rutahizamu Alexis Sanchez yakorewe ubugome nk’ubwakorewe Zlatan Ibrahimovic ubwo igishusho (…)

Sadio Mane niwe wabaye umukinnyi w’umwaka wa 2019

Rutahizamu wa Liverpool,Sadio Mane niwe watowe nk’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi bose (…)