skol
fortebet

Imikino

Umutoza Casa Mbungo mu nzira yo gusezera kuri AFC Leopards imaze amezi 5 itamuhemba

Umunyarwanda Cassa Mbungo watozaga ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya ndetse afitiwe icyizere (…)

Ronaldinho ntiyemera ko Lionel Messi ariwe mukinnyi mwiza kurusha abandi mu mateka

Uwahoze ari umukinnyi w’igihangange ku isi,Ronaldinho yabwiye abanyamakuru ko atemera ko Lionel (…)

Perezida Munyakazi Sadate yahaye inama ikomeye abana bakomeje kuza muri Rayon Sports

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate,akomeje gahunda yo kubaka iyi kipe agendeye (…)

Chelsea FC niyo yashoye amafaranga menshi mu bikorwa by’urukundo kurusha izindi kipe mu Bwongereza [URUTONDE]

Ikipe ya Chelsea FC,niyo yahize izindi mu kwita ku batishoboye no gutera inkunga ibikorwa (…)

Zlatan Ibrahimovic yatangaje umukinnyi akunda kurusha Cristiano Ronaldo na Messi

Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic utagira ikipe nyuma yo kuva mu ikipe ya Los Angeles Galaxy yavuze (…)

Zidane yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ikipe ikomeye yavuze ko yiteguye gukuramo muri UEFA Champions League

Umutoza wa Real Madrid, Zinedine Zidane, yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga ubwo yavugaga ko (…)

Munyaneza Didier yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bamaze imyaka 4 bakundana

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare ukinira Benediction Excel Energy, Munyaneza Didier uzwi (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje ikipe atifuza ko Juventus yatombora muri UEFA Champions League

Rutahizamu Cristiano Ronaldo wa Juventus yatangaje ko atifuza kubona iyi kipe ye yatomboye Real (…)

Rutanga Eric yavuze ku makuru amwerekeza muri Yanga Africans

Myugariro wa Rayon Sports akaba na kapiteni wayo, Rutanga Eric, yanyomoje amakuru yavugaga ko (…)

UCL: Mourinho yaherewe isomo mu Budage ku munsi wa nyuma w’amatsinda wahiriye ibigugu

Ikipe ya Bayern Munich yongeye guha isomo rya ruhago Tottenham n’umutoza wayo Jose Mourinho mu (…)

Umwe mu baherwe baguze Liverpool FC yakoze impanuka y’indege Imana ikinga ukuboko

Umuherwe witwa Mike Gordon usanzwe ari perezida w’ikipe ya Liverpool yarokotse impanuka y’indege (…)

Sergio Ramos yasabye ikintu gitangaje abategura ibihembo bya Ballon d’Or

Kapiteni wa Real Madrid, Sergio Ramos,yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bari ku rwego (…)

Carlo Ancelotti yirukanwe ku kazi nyuma y’amasaha make afashije Napoli kunyagira Genk

Umutoza w’umunyabigwi I Burayi,Carlo Ancelotti yirukanwe ku kazi nyuma y’amasaha make cyane (…)

UCL: Liverpool yasimbutse umutego ukomeye yari yatezwe mu gihe Inter Milan na Ajax zasezerewe rugikubita

Ikipe ya Inter Milan na Ajax zahabwaga amahirwe yo kugera muri 1/16 cya UEFA Champions League (…)

Umuhungu wa Cristiano Ronaldo yongeye kuvugwa cyane kubera ibyo yakoreye Juventus y’abatarengeje imyaka 9

Umuhungu wa Cristiano Ronaldo,Cristiano Jr,yongeye kugaruka mu binyamakuru kuko yafashije (…)