skol
fortebet

Imikino

Wozniacki ukundwa na benshi muri Tennis yasembuye abagabo kubera amafoto yashyize hanze [AMAFOTO]

Umugore witwa Caroline Wozniacki wigeze kuba nimero ya mbere muri Tennis,yatumye benshi bacika (…)

PSG yatangaje umukinnyi ukomeye yifuza gusimbuza Neymar Jr ushaka kuyitera umugongo

Ikipe ya PSG ikomeje kwigarurira imitima y’abanyarwanda nyuma yo kwemera kwamamaza “VISIT (…)

Cristiano Ronaldo yatangiye kwicuza ku mwanzuro ukomeye aherutse gufata

Rutahizamu Cristiano Ronaldo utari mu bihe byiza muri Juventus,biravugwa ko ari kwicuza ku (…)

Arsenal na Nicolas Pepe basohotse mu bihe bibi bari bamaze iminsi bacumbitsemo

Hari hashize imikino 9 mu marushanwa yose ikipe ya Arsenal idatsinda ariko kuri uyu wa Mbere (…)

Perezida Kagame yahishuye impamvu ikomeye ituma ibihugu byo muri Afurika bidatwara igikombe cy’isi cya ruhago

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko amwe mu makipe yo ku mugabane w’Afurika mu mupira (…)

Arsenal igiye guhomba akayabo k’amamiliyoni kubera imyitwarire mibi muri Premier League

Ikipe ya Arsenal iri gutsindwa umusubirizo ikomeje kugana ahabi cyane hashobora gutuma ibura (…)

Ifoto y’Umunsi: Minisitiri wa siporo Munyangaju yagaragaye ari kunyonga igare

Minisitiri mushya wa MINISPOR,Munyangaju Mimosa Aurore yafotowe atwaye igare rikoreshwa mu (…)

Rayon Sports yeretse ibigwi byayo Heroes FC ikomeza gusatira APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye Heroes yazamutse uyu mwaka ibitego 4-1 mu mukino w’umunsi wa 13 (…)

“Aba basifuzi nibadahanwa nzumirwa”-Guy Bukasa wa Gasogi United

Umutoza wa Gasogi United,Guy Bukasa yatangaje ko abasifuzi bamusifuriye ahura na APR FC (…)

Abafana bahagaritse umukino mu Bwongereza nyuma yo kuva muri stade bajya kurwanira mu kibuga [AMAFOTO]

Imirwano ikomeye yabereye ku kibuga cya Bloomfield Road mu mukino wahuzaga ikipe ya Blackpool na (…)

KNC yahaye ubutumwa bukomeye abafana ba APR FC yamutsinze yiyushye akuya

Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles washinze ikipe ya Gasogi United,yabwiye abanyamakuru ko kuba (…)

APR FC yiyushye akuya kugira ngo yigaranzure Gasogi United yari yayihagamye

Mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda “AZAM Rwanda Premier League”,ikipe ya APR FC (…)

Aubameyang yahungabanyije ubuyobozi bw’ikipe ya Arsenal

Ibibazo bya Arsenal bikomeje kwiyongera kuko kapiteni wayo Pierre-Emerick Aubameyang yahagaritse (…)

Umutoza FC Barcelona yateje urujijo kubera ibyo yavuze ku gusezera umupira kwa Lionel Messi

Umutoza wa FC Barcelona, Ernesto Valverde yabwiye abanyamakuru ko abakunzi ba ruhago bakwiriye (…)

Chelsea yakuriweho ibihano byo kugura abakinnyi yiyemeje gushora akayabo muri Mutarama

Ikipe ya Chelsea FC yaraye igabanyirijwe ibihano yemererwa kugura abakinnyi mu kwezi kwa Mbere (…)