skol
fortebet

Imikino

Mashami Vincent yatangaje abakinnyi 11 barahangana na RDC mu mukino wa gicuti

Umutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yamaze gutangaza abakinnyi 11 arakoresha bahura na RDC (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje agahigo yifuza kurusha Messi,umubare w’abantu yizera anasaba imbabazi abafana ba Arsenal

Rutahizamu Lionel Messi ngo arifuza ko yazasoza umupira w’amaguru arusha Lionel Messi Ballon (…)

Umutoza wa Arsenal yakoze ikintu gitangaje mu guhosha imvururu zavutse mu bakinnyi nyuma y’umukino wa Watford

Abakinnyi ba Arsenal bari kurebana ay’ingwe nyuma y’aho bamwe muri bo bitwaye nabi bagatsindisha (…)

Liverpool na Chelsea ntizahiriwe n’intangiriro za UEFA Champions League

Nk’ibisanzwe irushanwa rya UEFA Champions League 2019/2020 ryatangiranye ingufu aho amakipe (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje ikintu gikomeye nyina aherutse kumusaba

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatangarije umunyamakuru Piers Morgan wa ITV ko nyina umubyara (…)

Filimi Haruna Niyonzima yagaragayemo igiye gushyirwa hanze

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi,Haruna Niyonzima yamaze kwinjira muri Cinema aho yagaragaye (…)

Peter Sagan ashyigikiye ubusabe bw’u Rwanda bwo kuzakira shampiyona y’isi yo gusiganwa ku magare muri 2025

Umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya (…)

Umujinya wa Aubameyang nyuma yo kwishyurwa na Watford watumye avuga amagambo yateye ubwoba abafana ba Arsenal

Rutahizamu wa Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang,yarakajwe cyane no gutsindira iyi kipe ibitego (…)

Umutoza Klopp yatangaje ikintu kigiye kuzatuma ava muri Liverpool igitaraganya

Umutoza wa Liverpool witwa Jurgen Klopp yatangaje ko nubwo ari kubaka ibigwi bikomeye muri (…)

Umutoza ugiye kuza mu ikipe ya Rayon Sports yatangiye kunuganugwa

Ikipe ya Rayon Sports ikeneye umutoza usimbura Robertinho umaze amezi make atandukanye nayo,iri (…)

Rayon Sports yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo kwitwara nabi mu gikombe cy’Agaciro

Rayon Sports yagaragaje urwego rwo hasi mu irushanwa ry’Agaciro yaraye itwawe na Mukura VS (…)

Cristiano Ronaldo yavuze amagambo atangaje ku mukunzi we bikora benshi ku mutima

Rutahizamu Cristiano Ronaldo waraye agiranye ikiganiro cyaciye ibintu n’umunyamakuru wa (…)

Rayon Sports yo turayihotora,mu kuri kw’Imana isumba byose irapfa-KNC perezida wa Gasogi

Umuyobozi wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC, yatangaje ko yishimiye ko ku (…)

Cristiano Ronaldo yaririye kuri TV kubera amashusho ya se yabonye ku nshuro ya mbere

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yarize cyane ubwo umunyamakuru Piers Morgan yamwerekaga bwa mbere (…)

Rayon Sports izacakirana na Gasogi,APR FC na AS Kigali ku mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona

Ikipe ya Rayon Sports izatangira shampiyona icakirana na Gasogi FC y’umushoramari Kakooza (…)