skol
fortebet

Imikino

Kera kabaye Amavubi ya CHAN agiye gukina umukino wa gicuti na RDC

Nyuma y’igihe kinini Amavubi atabona umukino wa gicuti,byarangiye FERWAFA yumvise ubusabe bwa (…)

Amavubi yageze mu Rwanda ari guseka nyuma yo gukura ishema ku kirwa cya Seychelles [AMAFOTO]

Hari hashize igihe kinini Amavubi ahora ava gukina hanze akagera mu Rwanda ikimwaro ari cyose (…)

Umukwe yateje urunturuntu ubwo yageraga ahagombaga kubera ubukwe yambaye ikoboyi [AMAFOTO]

Umugabo wari ugiye kurushinga yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ubwo yagaragaraga ahabereye (…)

Rayon Sports na APR FC ntizirabona ibyangombwa bizemerera kuzakina shampiyona itaha

Ibigugu mu mupira w’amaguru mu Rwanda aribyo APR FC na Rayon Sports ntibirabasha kuzuza ibisabwa (…)

Amavubi yanyagiye Seychelles FC yibikira impamba iyageza mu matsinda yo gushaka itike ya Qatar 2022

Amavubi yateye intambwe ikomeye iyageza mu matsinda yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe (…)

Bitunguranye Haruna Niyonzima yakuwe mu bakinnyi 11 bagomba guhura na Seychelles kubera ikibazo cy’imyirondoro

Haruna Niyonzima wagombaga kubanza mu bakinnyi 11 bagombaga guhura na Seychelles mu ijonjora ryo (…)

Umuhungu wa Cafu wamamaye mu ikipe ya AC Milan yapfuye ari gukina umupira w’amaguru

Abakunzi ba ruhago ku isi yose bakomeje kwihanganisha umuryango wa Cafu wabaye myugariro ukomeye (…)

Luis Suarez yatangaje inkuru ibabaje y’ibyamubayeho nyuma yo gusezererwa na Liverpool muri Champions League ishize

Rutahizamu wa FC Barcelona,Luis Suarez yatangaje uburyo ubuzima bwe bwangiritse nyuma y’aho (…)

CAF yabujije AS Kigali kuzakinisha Haruna Niyonzima ku mukino wa Proline

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika CAF ryasohoye urutonde rw’abakinnyi AS Kigali (…)

N’golo Kante yakoreye agashya abageni mu bukwe bw’umufana wa Chelsea yitabiriye

Umukinnyi N’Golo Kante ukundwa na benshi kubera ukuntu yicisha bugufi kandi ari umwe mu bakinnyi (…)

Alexis Sanchez yatangaje impamvu ikomeye yatumye ananirwa kwitwara neza mu ikipe ya Manchester United

Rutahizamu Alexis Sanchez uherutse kwerekeza mu ikipe ya Inter Milan yatunze urutoki abatoza be (…)

Uko amakipe yiyubatse ku munsi wa nyuma w’igura n’igurisha ry’abakinnyi i Burayi

Amakipe atandukanye yaraye yiyubatse ku munsi wa nyuma w’isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi (…)

Gahunda y’uko amakipe azacakirana mu irushanwa ry’Agaciro yagiye hanze,Rayon Sports iroroherezwa bikomeye

Kuwa 13 Nzeri 2019, nibwo imikino y’irushanwa ngarukamwaka ry’Agaciro izakinwa aho amakipe nka (…)

Cristiano Ronaldo yongeye gukora benshi ku mutima kubera ukuntu yicishije bugufi cyane

Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yanze kwambara ikamba ry’icyubahiro[badge] yakorewe (…)

Mashami yatoranyije abakinnyi 20 azifashisha mu mukino ubanza wa Seychelles

Mashami Vincent yamaze gutangaza abakinnyi 20 azifashisha ku mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze (…)