skol

Imikino

Manchester United yasekeje benshi kubera myugariro ishaka kugura

Nubwo byari byitezwe ko ba myugriro barimo Toby alderweireld na Harry Maguire aribo bagomba (…)

Real Madrid yaguze Courtois itanga amafaranga n’umukinnyi

Ikipe ya Real madrid yamaze gusinyisha umunyezamu Thibaut Courtois ku kayabo ka miliyoni 38 (…)

Mukura VS itunguye APR FC igera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro

Mukura Victory Sports itahabwaga amahirwe na benshi, itunguye APR FC y’abakinnyi 10 iyisezerera (…)

Rugg Timothy yegukanye agace ka Tour du Rwanda ku nshuro ya 3

Umunyamerika Timothy Rugg ukinira ikipe ya Team Embrace The World yo mu Budage niwe wegukanye (…)

Icyamamare mu gusiganwa ku maguru muri Kenya cyitabye Imana

Umunya Kenya wari uzwi cyane mu gusiganwa ku maguru muri metero 400 basimbuka udukiramende (…)

Chelsea yaciye agahigo ko kugura umunyezamu uhenze kurusha abandi mu mateka y’isi

Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana na Athletic Bilbao ku munyezamu wayo w’umunya Espagne Kepa (…)

Paul Pogba yatangaje byinshi ku hazaza he muri Manchester United

Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yamaze gutangariza bamwe mu (…)

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bateje umubyigano mu mujyi wa Milan [AMAFOTO]

Mu masaha y’igicamunsi nibwo Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bagaragaye mu (…)

Umudage Hellmann Julian niwe wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2018

Umukinnyi witwa Hellmann Julian w’imyaka 27 ukinira ikipe ya Team Embrace the World niwe utwaye (…)

Willian yibasiriye Antonio Conte uherutse kwirukanwa muri Chelsea

Umukinnyi Willian ukina asatira mu ikipe ya Chelsea yibasiriye uwahoze ari umutoza we Antonio (…)

Uhagarariye Paul Pogba yatangaje amakuru yatunguye abafana ba Manchester United

Ushinzwe gushakira Paul Pogba amakipe Mino Raiola yatangaje ko yifuza ko uyu mukinnyi we ashaka (…)

Nshuti Savio yatangaje byinshi ku byerekeye intebe y’abasimbura ari kwicazwaho muri APR FC

Umukinnyi Nshuti Dominique Savio wari mu bakinnyi ba mbere beza mu Rwanda mu mwaka (…)

Sunrise FC yihimuye kuri Rayon Sports iyitsindira mu gikombe cy’Amahoro

Nubwo itibikiye impamba ihagije, Sunrise FC yari yarazengerejwe na Rayon Sports muri (…)

John Terry n’umugore we bifotoje bicaye kuri Moto bambaye ubusa [AMAFOTO]

Myugariro John Terry wabaye kapiteni wa Chelsea igihe kinini, yafotowe ari kumwe n’umugore we (…)