skol

Imikino

Cristiano Ronaldo wakoze umubiri cyane yatangiye imyitozo muri Juventus [AMAFOTO]

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya ya Juventus yitegura umwaka (…)

AGASHYA:Umugore w’imyaka 38 afite abana 44 yabyaranye n’umugabo umwe bashakanye mu mwaka wa 1993 [AMAFOTO]

Umugore witwa Mariam Nabatanzi ukomoka mu gace ka Kabimbiri muri Uganda yaciye agahigo ku isi (…)

Umukinnyi wakiniye Arsenal yifotoje yambaye ubusa buri buri [AMAFOTO]

Umunya Danmark witwa Niclas Bendtner wanyuze mu makipe atandukanye yo mu Bwongereza nka Arsenal, (…)

Ibyo Lionel Messi yakoreye imbwa ye byatangaje benshi mu bakunzi ba ruhago [AMAFOTO]

Kabuhariwe Lionel Messi yagaragaye ari gukina n’imbwa ye nini cyane yitwa Senor Hulk aho (…)

Muvunyi Paul yatangaje byinshi ku byerekeye abakinnyi ba Rayon Sports bari kuyivamo

Perezida wa Rayon Sports Muvunyi Paul yatangaje ko bamwe mu bakinnyi barangije amasezerano muri (…)

Paul Pogba yatangaje impamvu atigeze yiyogoshesha cyane mu gikombe cy’isi

Umukinnyi Paul Pogba uzwiho kuzana inyogosho idasanzwe kuri buri mukino yatangarije abafana be (…)

Abakinnyi ba Manchester United barashinja Mourinho imyitwarire mibi no gutsindisha ikipe

Ibya Mourinho na Manchester United bikomeje kuzamba kuko kuva berekeza mu mwiherero wo kwitegura (…)

Jose Mourinho ashobora kwirukanwa muri Manchester United mbere y’uko shampiyona itangira[IMPAMVU]

Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho ashobora kwirukanwa mbere y’uko shampiyona itangira (…)

Bidasubirwaho Rutamu yasezeye itangazamakuru yigira mu mahanga

Umunyamakuru wari ukunzwe na benshi mu kogeza umupira w’amaguru Rutamu Elie Joe wakoreraga Radio (…)

Usengimana Faustin yerekeje mu ikipe yo hanze y’u Rwanda atabimenyesheje Rayon Sports

Myugariro Usengimana Faustin wari umaze umwaka w’imikino umwe akinira Rayon Sports,yavuye muri (…)

Rayon Sports yakoze ibyo benshi batatekerezaga muri Algeria [AMAFOTO]

Nubwo benshi batayihaga amahirwe,Rayon Sports ibashije gukura inota rimwe muri Algeria mu mukino (…)

Real Madrid irashaka abakinnyi babiri ba Chelsea batarimo Eden Hazard

Ikipe ya Real Madrid yashyize akayabo ka miliyoni 100 z’amapawundi ku meza y’ikipe ya Chelsea (…)

Juventus yifuza kwisubiza Paul Pogba igiye kurekura abakinnyi bakomeye kugira ngo imugure

Ikipe ya Juventus iherutse kugura kabuhariwe Cristiano Ronaldo ku kayabo ka miliyoni 85 (…)

Paul Pogba yakoze iKirori muri USA cyarimo abakobwa bambaye imyambarire ikurura abagabo [AMAFOTO]

Umukinnyi Paul pogba akomeje gukora udushya mu biruhuko arimo muri USA aho ku munsi w’ejo (…)

Umukinnyi w’Umufaransa yatunguye benshi kubera ibyo yakoreye N’golo Kante akunda cyane [AMAFOTO]

Umukinnyi w’Umufaransa ukunda N’golo Kante witwa Alain Bulteel yatunguye benshi kubera ukuntu (…)