skol

Imikino

Ivan Minnaert ari mu mazi abira kubera imyitwarire ye mibi

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bushobora gufatira ibihano umuyobozi w’imikino wayo Ivan (…)

Zlatan Ibrahimovic yatunguye benshi kubera amagambo yavuze kuri Pogba

Kabuhariwe Zlatan Ibrahimovic yatangaje ko abantu bakwiriye kureka kunenga Paul Pogba kuko ibyo (…)

Robertinho yijeje ikintu gikomeye abakunzi ba Rayon Sports

Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves de Calmo yabwiye abafana ko nubwo batsinzwe (…)

KNC yahishuye ukuri ku byerekeye gusezera kwa Rutamu

Umuyobozi wa Radio na TV 1 Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC yatangaje ko ibyo umunyamakuru (…)

Amavubi y’abagore atangiye atsinda muri CECAFA

Ikipe y’igihugu y’abagore yatangiye neza imikino ya CECAFA iri kubera mu Rwanda kuko itsinze (…)

Cristiano Ronaldo yakoze igikorwa cyashimishije abakozi bo muri hoteli yacumbitsemo mu Bugereki

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo uherutse kwerekeza mu ikipe ya Juventus avuye muri Real madrid (…)

Manchester United iyoboye urutonde rw’amakipe ya ruhago ahenze cyane ku isi [urutonde]

Nubwo uyu mwaka itatwaye igikombe na kimwe,Manchester United niyo kipe ya mbere muri ruhago (…)

Minnaert yitwaye nabi nyuma y’umukino wa CAF Confederations Cup

Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports nyuma akaza kugirwa umuyobozi w’imikino, yaraye ateje (…)

Se wa Neymar yatangarije PSG icyayifasha kugumana Neymar

Umubyeyi wa Neymar uzwi nka Neymar Sr, ushinzwe kumushakira amakipe, yatangarije ikipe ya Paris (…)

Mourinho yatangaje ikintu gikomeye yifuza kuri Paul Pogba wamwemeje mu gikombe cy’isi

Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yashimagije umukinnyi we Paul Pogba witwaye neza mu (…)

Kwizera Pierrot yavuze ku byerekeye ahazaza he muri Rayon Sports

Kabuhariwe Kwizera Pierrot umaze imyaka 2 yikurikiranya atorwa nk’umukinnyi mwiza mu ri (…)

USM Alger itsinze Rayon Sports ikomeza kuyobora itsinda D

USM Alger itsindiye Rayon Sports mu rugo ibitego 2-1 mu mukino wa 3 wo mu itsinda D rya CAF (…)

Liverpool yaciye agahigo ko kugura umunyezamu uhenze ku isi

Nkuko yabigenje ikagura myugariro uhenze ku isi,Liverpool yakoze andi mateka igura umunyezamu (…)

Paul Pogba mu nzira zisohoka mu ikipe ya Manchester United

Umukinnyi Paul Labile Pogba uherutse kwitwara neza mu gikombe cy’isi afasha Ubufaransa (…)

Chelsea yahawe urw’amenyo kubera umunyezamu ishaka gusimbuza Thibaut Courtois

Ikipe ya Chelsea ishobora gutakaza Thibaut Courtois mu minsi mike,biravugwa ko iri mu biganiro (…)