skol

Imikino

Kevin de Bruyne yatunguye benshi kubera amagambo yatangaje kuri Kylian Mbappe barakina uyu munsi

Mbere y’uko Ububiligi bucakirana n’Ubufaransa kabuhariwe Kevin de Bruyne yatangaje byinshi kuri (…)

Umutoza wa Croatia yatangaje amagambo atangaje kuri Harry Kane

Mu gihe habura amasaha make kugira ngo Croatia ihure n’Ubwongereza mu mukino wa ½ cy’irangiza mu (…)

Ubutaliyani bwakoze igikorwa gikomeye cyo gufasha Juventus gusinyisha Cristiano Ronaldo

Leta y’ubutaliyani yagabanyije imisoro ku banyamahanga byahise bica amarenga ko Cristiano (…)

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bafotowe bari gusangira snacks mu buryo budasanzwe [AMAFOTO]

Cristiano Ronaldo utitaye ku makuru yo kuva muri Real Madrid yerekeza muri Juventus ari kugenda (…)

Rayon Sports irashaka gusahura abakinnyi mu makipe y’abakeba

Nubwo Rayon Sports yasezerewe muri CECAFA Kagame Cup yandagajwe bikomeye na AZAM FC ku bitego (…)

Shabani Idd afashije AZAM FC kunyagira Rayon Sports

Mu mukino wa ¼ cy’irangiza wa CECAFA Kagame Cup 2018, Rayon Sports yandagajwe bikomeye na AZAM (…)

Umufana w’Ubwongereza yakoreye amahano I Dubai ubwo yishimiraga intsinzi

Umufana w’Ubwongereza yakoze amahano ubwo yambariraga ubusa mu kabari I Dubai abitewe no (…)

Hamenyekanye umukinnyi Florentino Perez yabikiye nimero 7 yambarwaga na Cristiano Ronaldo

Ibinyamakuru byo muri Espagne birimo icyitwa Diario Gol, byatangaje ko perezida w’ikipe ya (…)

Eden Hazard yahishuye ikipe bazahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Kapiteni w’Ububiligi Eden Hazard yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko Ububiligi ayoboye (…)

Umubyeyi wa Mesut Ozil yamusabye gufata umwanzuro ukomeye

Mustafa Ozil yasabye umuhungu we Mesut Ozil umerewe nabi n’abafana b’Ubudage bamushinja kugira (…)

Cristiano Ronaldo yaciye amarenga yo kwerekeza muri Juventus

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yanze kuvugana n’ikipe yo mu Bushinwa yamusabaga kuyikinira imyaka (…)

Neymar yongeye gushotora Edinson Cavani bigeze gushwana bapfa penaliti

Rutahizamu Neymar Jr w’ikipe ya PSG yabwiye ubuyobozi bw’iyi kipe ko atifuza kongera gukinana na (…)

Fernandinho ari mu mazi abira nyuma yo gushinjwa n’abafana ko yagize uruhare mu gusezererwa kwa Brazil

Umukinnyi Fernandinho ukina hagati mu kibuga muri Brazil, ari mu mazi abira kuko bamwe mu bafana (…)

Neymar yatangaje amagambo ateye agahinda nyuma yo gusezererwa kwa Brazil

Umukinnyi Neymar Jr wananiwe gufasha Brazil kugera mu mikino ya ½ mu gikombe cy’isi bagatsindwa (…)

Lukaku yatangaje uruhare rwe mu gutuma Hazard na de Bruyne bitwara neza imbere ya Brazil

Rutahizamu w’ikipe y’Ububiligi Romelu Lukaku yabwiye abanyamakuru ko kugira ngo Hazard na de (…)