skol

Imikino

Inyatsi zikurikirana amakipe ashaka kwisubiza igikombe cy’isi zishobora gukurikirana Ubudage uyu munsi

Ikipe y’igihugu y’Ubudage ihanzwe amaso na benshi mu bakunzi ba ruhago uyu munsi mu mukino wa (…)

Messi yatangaje ikintu cyamutunguye mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka

Kabuhariwe Lionel Messi wafashije Argentina kwerekeza mu mikino ya 1/16 cy’igikombe cy’isi kiri (…)

Maradona yahuye n’uruva gusenya ubwo yishimiraga intsinzi ya Argentina

Kabuhariwe Diego Maradona wafashije Argentina gutwara igikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 1986 (…)

Messi na bagenzi be bakomeje mu mikino ya 1/16 cy’igikombe cy’isi bigoranye

Argentine itsinze bigoranye Nigeria ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda D,ikatisha (…)

Kagere Meddie agiye guhembwa akayabo k’amamiliyoni mu ikipe ya Simba SC yerekejemo

Umunyarwanda Meddie Kagere wakiniraga Gor Mahia, yamaze gusinyira Simba SC yo muri Tanzaniya (…)

Uko byari byifashe ubwo Bralirwa yatangizaga irushanwa “Turbo King Cup” i Huye [AMAFOTO]

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Bralirwa yatangije irushanwa rya ruhago ridasanzwe rya “Turbo (…)

Di Maria yatangaje ubugome bukomeye yakorewe na Real Madrid mu gikombe cy’isi cya 2014

Umukinnyi Angel Di Maria yatangaje ko atazigera yibagirwa ubugome bukomeye yakorewe na Real (…)

Zlatan Ibrahimovic yifotoje yambaye ubusa mu rwego rwo kugaragaza ibishushanyo yishyize ku mubiri bitangaje [AMAFOTO]

Umunya Sweden uzwi cyane muri ruhago ndetse no kwiyemera cyane Zlatan ibrahimovic wakinnye mu (…)

U Rwanda rwatangije umukino wo kuguruka mu kirere

Guverinoma y’ u Rwanda yatangije umukino mushya wo kuguruka mu kirere ukinwa hifashishijwe (…)

Rayon Sports yabonye umutoza mushya wungirije usimbura Witakenge yahagaritse

Ikipe ya Rayon Sports yamaze guha akazi umutoza Gatera Moussa watozaga ikipe ya Unity FC y’I (…)

Portugal na Espagne bazamutse biyushye akuya kandi barahabwaga amahirwe

Ikipe ya Espagne n’iya Portugal zinaniwe gutsinda imikino yazo ya nyuma ndetse zinganya ku (…)

Ibyo abafana ba Iran bakoreye Cristiano Ronaldo na bagenzi be byababaje benshi mu bakunzi ba ruhago

Abafana ba Iran baje hafi ya Hoteli ikipe ya Portugal icumbitsemo niko kuririmba basakuza cyane (…)

Messi yatangaje igihe azasezerera mu ikipe ya Argentina

Kabuhariwe Lionel Messi wakoze isabukuru yo kwizihiza imyaka 31 amaze ageze ku isi ku munsi (…)

FERWAFA yongeye gutuma abakunzi ba ruhago mu Rwanda bacika ururondogoro

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rimaze kwemeza ko umukino wagombaga guhuza Espoir FC (…)

Umutoza wa Lydia Ludic yashinje Rayon Sports gushaka kumuha ruswa mu mukino w’I Kigali wa CAF Champions League

Umutoza w’ikipe ya LLB witwa Banguwiha Emmanuel witwa Mayele yatangarije abanyamakuru b’I (…)