skol

Imikino

Bakame yirukanwe muri Rayon Sports,Minnaert agiye gushakirwa indi mirimo

Umunyezamu Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame wari kapiteni wa Rayon Sports ndetse wari uyimazemo (…)

Muhadjiri yahaye ubutumwa bukomeye bagenzi be nyuma yo gutsinda Rayon Sports

Umukinnyi Hakizimana Muhadjiri uherutse gufasha APR FC guha isomo rya ruhago Rayon Sports (…)

Myugariro Clyne yahuye n’uruva gusenya ubwo yahuraga n’umugore akamufata akanga kumurekura [AMAFOTO]

Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool Natanael Clyne ukina mu Bwugarizi yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Messi na bagenzi be bataye ibaba ku mukino wabo wa mbere mu gikombe cy’isi

Ikipe ya Argentina ntiyahiriwe n’umukino wayo wa mbere w ’itsinda D mu gikombe cy’isi wayihuje (…)

Ubufaransa bwatsinze Australia mu buryo butanyuze benshi

Mu mukino wo mu itsinda C mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya,ikipe y’igihugu y’Ubufaransa (…)

Mourinho yasingije bikomeye Cristiano Ronaldo anenga De Gea watsindishije ikipe ye y’igihugu

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangarije abanyamakuru ko Cristiano Ronaldo (…)

Messi yatangaje umukinnyi yifuza ko FC Barcelona yagura nyuma yo kubura Griezmann

Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona n’igihugu cya Argentina yatangaje ko nyuma y’uko (…)

Espagne yanganyije na Portugal mu mukino Cristiano Ronaldo yagaragaje ubudasa

Mu mukino w’itsinda B wahuje ikipe ya Portugal na Espagne,warangiye amakipe yombi anganyije (…)

Amwe mu makipe ahagarariye Afurika yatangiye igikombe cy’isi atenguha abafana bayo

Amakipe 2 muri 5 ahagarariye Afurika yatangiye igikombe cy’isi yitwara nabi kuko Misiri (…)

Saudi Arabia yatangaje ko izafatira ibihano bamwe mu bakinnyi bayo kubera kwitwara nabi bigatuma banyagirwa n’Uburusiya

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Saudi Arabia witwa Adel Ezzat yatangaje ko (…)

Zlatan Ibrahimovic yatangaje abakinnyi 2 abona bazitwara neza mu gikombe cy’isi kurusha abandi

Kabuhariwe Zlatan Ibrahimovicukomoka muri Sweden, wahoze akinira Manchester United ariko kuri (…)

Muhadjiri afashije APR FC gutsinda Rayon Sports iri mu bibazo by’urusobe

Ikipe ya APR FC itsinze Rayon Sports ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona y’u (…)

Ramos yatangaje byinshi kuri Cristiano Ronaldo mbere yo guhanganira mu gikombe cy’isi

Kapiteni wa Espagne Sergio Ramos yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago kubera amagambo yatangaje (…)

Neymar yatunguye benshi kubera ibyo yatangaje ku mafaranga yaguzwe

Umukinnyi Neymar ukinira ikipe ya Paris Saint Germain na Brazil yavuze ko iyi kipe yo mu (…)