skol

Imikino

Sir Alex Ferguson ari muri koma kubera uburwayi bukomeye afite mu bwonko

Uwahoze ari umutoza wa Manchester United watwaye ibikombe byinshi mu mateka y’iyi kipe, yajyanwe (…)

Migi yagiriye inama Rayon Sports yayifasha gutsinda Gor Mahia

Kapiteni w’ikipe ya APR FC yabwiye Rayon Sports ko igomba gukora ibishoboka byose igahagarika (…)

Umukinnyi wakubitiwe n’inkuba mu kibuga yitabye Imana

Umukinnyi w’umunya Afurika y’Epfo witwa Luyanda Ntshangase w’imyaka 21 wakiniraga ikipe ya (…)

FIFA yategetse FERWAFA kwishyura miliyoni 158 Mackinstry wahoze atoza Amavubi

Uwahoze atoza ikipe y’Igihugu Amavubi Jonathan Mackinstry,yatsinze urubanza yaregaga FERWAFA (…)

Mohamed Salah yatangaje byinshi kuri Ronaldo bazahanganira I Kiev

Kabuhariwe Mohamed Salah yatangaje ko ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League atazaba (…)

Perezida Kagame yasabye abayobozi ba Arsenal kuzana impinduka

Nk’umufana wa Arsenal ukomeye,Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye (…)

Amavubi arishyuza MINISPOC akayabo ka miliyoni 150 bemerewe muri CHAN

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bakinnye mu mikino ya CHAN yabereye muri Maroc mu ntangiriro (…)

Atletico Madrid na Olympique de Marseille nizo zizahurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League

Ikipe ya Atletico Madrid yasezereye Arsenal iyitsinze ibitego 2-1 mu mikino yombi na Marseille (…)

APR FC yisubije icyubahiro imbere ya Kiyovu Sports

Ikipe ya APR FC yaruhije bikomeye ikipe ya Kiyovu Sports kuri uyu wa Kane mu mukino w’umunsi wa (…)

Umunyezamu wa Manchester City yatangaje benshi kubera amafoto yashyize hanze ari gusomana n’umukunzi we [AMAFOTO]

Umunyezamu w’ikipe ya Manchester City Ederson Moraes yashyize hanze amafoto ari gusomana (…)

AS Kigali itangiye kugaragaza ibimenyetso by’uko ishaka igikombe cya shampiyona

Ku munota wa 89 nibwo Jimmy Mbaraga yatsindiye AS Kigali igitego cyayihaye intsinzi ndetse (…)

Liverpool ibonye itike yo kuzahura na Real Madrid ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Liverpool ibashije kwihagararaho ku kibuga cya AS Roma itsindwa ibitego 4-2 biyifashije (…)

Umutoza wa Gor Mahia yanenze ubwugarizi bwa Rayon Sports

Mu gihe habura iminsi mike ngo Rayon Sports icakirane na Gor Mahia mu mukino wa mbere wo mu (…)

Sergio Ramos yihanije abakunzi ba ruhago babibasiriye ubwo bari bamerewe nabi muri shampiyona

Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid yatangaje ko we na bagenzi be bakinana batitaye ku magambo mabi (…)

AS Roma yarahiriye gutungura Liverpool ikayisezerera muri Champions League

Ikipe ya Roma irashaka gusubiramo ibyo yakoreye FC Barcelona mu mukino irahuramo na Liverpool, (…)