skol

Imikino

Bizimana Djihad agiye guca agahigo ko kuba umukinnyi uguzwe amafaranga menshi mu Rwanda

Umukinnyi Bizimana Djihad wakinaga hagati mu ikipe ya APR FC yamaze gutsinda igeragezwa yari (…)

Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis (…)

Minnaert yanenze bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports bakomeje guteza umwuka mubi mu ikipe

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minnaert yatangaje ko hari bamwe mu bantu bo hafi ya Rayon (…)

Rayon Sports irakina na Etincelles FC idafite ba kizigenza bayo

Mu mukino uyigora cyane,Rayon Sports irahura na Etincelles FC idafite bamwe mu bakinnyi bayo (…)

Ese Bayern Munich irabasha kwigaranzura Real Madrid yayigaruriye?

Amaso yose y’abakunzi ba ruhago ahanzwe ku kibuga Allianz Arena uyu munsi saa 20h45 ubwo ikipe (…)

Liverpool iteye intambwe ikomeye iyerekeza ku mukino wa nyuma wa Champions League

Ikipe ya Liverpool inyagiye AS Roma ibitego 5-2 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League (…)

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwihanije Minnaert utangiye kwivanga mu kazi adashinzwe

Mu nama ya rukokoma yabaye mu ijoro ryakeye,ubuyobozi bwa Rayon Sports bwihanije umutoza Ivan (…)

Liverpool vs AS ROMA:Byinshi ukwiye kumenya kuri uyu mukino wa ½ cya UEFA Champions League uraba uyu munsi

Benshi bahanze amaso ikipe iratera intambwe ya mbere iyigeza muri ½ cya UEFA Champions hagati ya (…)

Minnaert yirukanye Ramadhan watozaga abanyezamu ba Rayon Sports

Umutoza mukuru wa Rayon Sports Ivan Minnaert ushaka kwikiza abakoranaga na Karekezi Olivier (…)

Karekezi ashobora kugaruka mu Rwanda gutoza police FC

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aravugwa mu bashobora gusimbura (…)

Abakinnyi bane n’umutoza bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Abakinnyi 4 barimo Lomami Andre, Peter Otema, Jimmy Mbaraga na Cyiza Hussein ndetse n’umutoza (…)

Abafana ba Kiyovu Sports bagaragaye bari gutwika amabendera ya Rayon Sports

Ku munsi w’ejo hagaragaye amafoto y’abafana ba Kiyovu Sports bari gutwika amabendera y’ubururu (…)

Mohamed Salah niwe wabaye umukinnyi w’umwaka muri Premier League

Umunyamisiri Mohamed Salah niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza muri shampiyona (…)

Giroud afashije Chelsea kugera ku mukino wa nyuma wa FA Cup[AMAFOTO]

Igitego cyiza cyane Olivier Giroud yatsinze acenze ba myugariro batatu ba Southamptona nicyo (…)

Kiyovu Sports ibujije Rayon Sports gukomeza ibirori

Mu mukino w’umunsi wa 17 wari witezwe na benshi,ikipe ya Kiyovu Sports ihagamye Rayon Sports (…)