skol

Imikino

Umutoza Nshimiyimana yasabye abakunzi b’imikino guharanira ko jenoside itakongera kubaho

Umutoza w’ikipe ya AS Kigali Nshimiyimana Eric yasabye urubyiruko by’umwihariko abakunzi (…)

Jenoside yibasiriye bikomeye abari mu mukino wa Basketball mu Rwanda

Uyu mwaka u Rwanda rurimo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994,abayobozi (…)

Jenoside yashegeshe umukino wo gusiganwa ku magare n’amarushanwa arimo Tour du Rwanda

Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yahagaritse umukino w’amagare burundu ndetse umara (…)

Umukinnyi usiganwa ku magare yishwe n’umutima ubwo yari mu irushanwa

Umusore witwa Michael Goolaerts wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Veranda’s (…)

Rayon Sports yahuye n’akaga ubwo yangaga kuyoborwa n’interahamwe mbere ya Jenoside

Ubwinshi bw’abafana ba Rayon Sports bwatumye Rutaganda Georges wari visi perezida w’Interahamwe (…)

Ubuhamya bwa Murangwa wakinaga yambaye ingofero warokotse jenoside kubera gukinira Rayon Sports

Murangwa Eric Eugene wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports nk’umunyezamu ndetse wibukirwa ku (…)

Espoir BBC yabuze abakinnyi bayo benshi muri Jenoside

Ikipe ya Espoir BBC yabuze abakinnyi basaga 18 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 (…)

Amateka y’umunyamakuru Kalinda Viateur wogezaga umupira kuri Radio Rwanda wishwe muri Jenoside

Kalinda Viateur, ni izina rizwi cyane nk’umunyamakuru wogeje umupira kuri Radiyo Rwanda kuva mu (…)

Abakinnyi bamaze kumenyekana bazize Jenoside bakinaga mu makipe yari mu cyiciro cya mbere mu gihe cya Jenoside

Muri iki gihe Abanyarwanda bari kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi,abakunzi ba (…)

Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports bamenyekanye bishwe muri Jenoside

Muri iki gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,benshi mu (…)

Zidane ababazwa no kuba papa we yarishwe muri Jenoside atabonye ibyo yagezeho muri ruhago

Nsabimana Eric uzwi nka Zidane ukina hagati mu ikipe ya AS Kigali yatangaje ko ababazwa ni uko (…)

Bugingo yasabye abakunzi b’imikino kuba intangarugero mu gihe cyo kwibuka

Ushinzwe imikino muri minisiteri y’umuco na Siporo (MINISPOC), Bugingo Emmanuel, yasabye (…)

Rayon Sports iteye intambwe ikomeye iyerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup

Ikipe ya Rayon Sports ishobora kuba ikipe ya mbere ibashije kugera mu matsinda ya CAF (…)

McGreggor wakubiswe na Mayweather yatawe muri yombi kubera urugomo

Indwanyi Conor McGregor yatawe muri yombi na polisi yo mu mugi wa New York azira gukubita (…)

Neymar yagaragaye ari gusomana n’umukunzi we mu ruhame [Amafoto]

Neymar Junior uri muri Brazil kwifuza imvune yagize ubwo yari mu ikipe ye ya PSG yongeye (…)