skol

Imikino

Ubuyobozi bwa Nzamwita Degaulle muri FERWAFA ahazamuka n’ ahamanuka

Ku munsi w’ejo Taliki ya 31 Werurwe 2018, nibwo habaye amatora y’umuyobozi wa FERWAFA,yarangiye (…)

APR FC isezereye Giticyinyoni iyitsinze ibitego 11-1 mu mikino yombi

Ikipe ya APR FC yanyagiye Giticyinyoni ibitego 9-0 mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro (…)

Brigadier General Sekamana Jean Damascene niwe utorewe kuyobora FERWAFA

Brigadier General Sekamana Jean Damascene niwe utorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umupira (…)

Ivan Minnaert yirukanye Witakenge ku butoza muri Rayon Sports

Uwari umutoza wungirije mu ikipe ya Rayon Sports Jannot Witakenge ntakiri kuri uyu mwanya kubera (…)

FERWAFA yatesheje agaciro icyifuzo cya Rayon Sports cyo gusubika umukino wa Etincelles

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kwandikira ibaruwa Rayon Sports (…)

Amagambo Buffon yakoresheje ashimagiza Cristiano Ronaldo yatangaje benshi

Umunyezamu wa Juventus akaba na kapiteni wayo yatangaje ko Cristiano Ronaldo ari nk’umwicanyi (…)

Caleb afashije Rayon Sports gusezerera bidasubirwaho Aspor

Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb uhagaze neza cyane muri iyi minsi, afashije Rayon Sports (…)

Girubuntu Jeanne d’Arc yarokotse impanuka ikomeye

Girubuntu Jeanne d’Arc uherutse gutangaza ko asezeye ku mukino wo gusiganwa ku magare,yarokotse (…)

Rurangirwa wiyamamariza kuyobora FERWAFA yarahiriye guha ishusho nziza umupira w’u Rwanda

Rurangirwa Louis wahoze ari umusifuzi mpuzamahanga uri kwiyamamariza kuyobora FERWAFA,yatangaje (…)

Neymar yatangaje benshi kubera amagambo yavuze kuri Cristiano Ronaldo

Umunya Brazil Neymar wibereye iwabo aho yagiye kwivuza imvune yagize muri Gashyantare ubwo yari (…)

Rayon Sports n’ibindi bigugu byo mu karere bagiye kongera guhatanira CECAFA Kagame Cup

Irushanwa rya CECAFA ryari rimaze kuba amateka ryongeye ryagarutse aho ibigugu bitandukanye (…)

Muramira Regis wari umaze iminsi atawe muri yombi yarekuwe

Umunyamakuru w’imikino kuri City Radio na BTN Rwanda TV Muramira Francois Regis yarekuwe nyuma (…)

Abagabo babiri bategetswe kunyura mu mugi bambaye ubusa nyuma yo gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 17[AMAFOTO]

Abagabo babiri bahuye n’uruva gusenya nyuma yo gushinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa (…)

APR FC inyagiriye Gicumbi FC ku mbehe yayo

Ikipe ya APR FC yahiriwe n’urugendo rwo kwerekeza I Gicumbi kuko ihavanye impamba y’ibitego 4-0 (…)

Rayon Sports ishobora kuzamura ibiciro by’umukino wa Costa Do Sol uzabera i Nyamirambo

Rayon Sports ishobora kuzamura ibiciro byo kwinjira ku mukino wayo na Costa Do Sol,kubera ko (…)