skol

Imikino

Antonio Conte yandagaje Mourinho kubera amagambo mabi aheruka kumuvugaho

Umutoza w’ikipe ya Chelsea yatutse Jose Mourinho wa Manchester United ko ari akagabo gato kavuga (…)

Umukinnyi O’Hara yashwanye na Boss we bapfa umugore

Umukinnyi witwa Jamie O’Hara uzwi mu makipe atandukanye nka Tottenham Hotspurs,Portsmouthn’izindi,

Siporo rusange ngarukakwezi yongerewe amasaha, P. Kagame yarabisabye

Ubuyobozi bw’ Umugi wa Kigali bwatangaje ko Siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga (…)

Danny Usengimana yavunitse

Umukinnyi Danny Usengimana ukinira ikipe ya Singida United yo mu gihugu cya Tanzania yagize (…)

Coutinho yamaze kugurwa n’ikipe ya FC Barcelona

Umunya Brazil Philippe Coutinho wakiniraga Liverpool mu kibuga hagati, yamaze kwerekeza mu ikipe (…)

Imvururu zitumye umukino wa gicuti wahuzaga Amavubi na Sudan uhagarikwa

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 06 Mutarama 2018 nibwo hari hateganyijwe umukino wa gicuti (…)

George Weah yatumiye Wenger mu birori byo kurahira kwe

Icyamamare mu mupira w’amaguru George Weah giheruka gutorerwa kuyobora Liberia,cyatumiye umutoza (…)

Messi ashobora kuva mu ikipe ya FC Barcelona

Nubwo umukinnyi Lionel Messi aherutse gusinya amasezerano maremare ndetse agahabwa umushahara (…)

Amavubi arakina na Sudani mu mukino wa gicuti wo kwitegura CHAN

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Amavubi arakina umukino wa mbere wa gicuti na Sudan muri Tuniziya (…)

Rwemarika yamaze kujuririra ibyavuye mu matora ya FERWAFA muri FIFA

Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA nk’umukandida umwe rukumbi,nyuma (…)

Witakenge yagizwe umutoza wungirije muri Rayon Sports

Umutoza Jeannot Witakenge niwe wahawe akazi ko kuba umutoza wungirije muri Rayon Sports asimbuye (…)

Umunyamakuru wa RBA yitabye Imana

Umunyamakuru Nkurayija Innocent Didier wakoreraga RBA mu karere ka Rubavu yaraye yitabye Imana (…)

Masudi yahakanye ko nta makimbirane ari hagati ye na Haruna Niyonzima

Masudi Djuma yahakanye amakuru yari amaze iminsi avugwa mu binyamakuru byo muri Tanzania ko (…)

Rwemarika yasubije abibaza niba azongera kwiyamamaza

Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA ariko ntabashe gutsinda amatora (…)

Amafoto ya Neymar n’umukunzi we bari gusomana yaciye ibintu

Neymar ukinira ikipe ya PSG yagaragaye ari gusomana n’umukunzi we Bruna Marquezine ku mucanga (…)