skol

Imikino

Amavubi arerekeza muri Tuniziya mu myiteguro ya CHAN

Ikipe y’igihugu Amavubi irerekeza muri Tuniziya uyu munsi mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura (…)

Byukusenge yatangaje inzozi yifuza gukabya mu mukino wo gusiganwa ku magare

Umukinnyi Byukusenge Patrick watwaye Rwanda Cycling Cup y’uyu mwaka yatangaje ko inzozi ze ari (…)

Shampiyona izasubukurwa Rayon Sports icakirana na APR FC

Kuri iki iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017,nibwo inama ya komite nyobozi y’ishyirahamwe (…)

De Gaulle yivunye umunyamabanga we batabyumvaga kimwe

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Nzamwita Vincent uzwi nka De Gaulle (…)

Crystal Palace ihagamye Manchester City

Ikipe ya Manchester City yari imaze imikino 18 itsinda,inaniwe gutsinda ikipe ya Crystal palace (…)

Mugisha yanikiye bagenzi be yegukana Rwanda Cycling Cup

Hasojwe ku mugaragaro shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare (Rwanda Cycling Cup) (…)

De Gaulle yungukiye bikomeye mu gutsindwa kwa Rwemarika

Nzamwita Vincent [De Gaulle] yungukiye mu kuba umukandida umwe rukumbi wiyamamaje ku munsi w’ejo (…)

Masudi yatangiranye intsinzi nk’umutoza mukuru wa Simba SC

Umutoza Masudi Irambona Djuma uherutse kugirwa umutoza mukuru wa Simba SC by’agateganyo mu (…)

Abakinnyi ba Arsenal barifuza ko Sanchez agurishwa

Umukinnyi Alexis Sanchez ukina asatira mu ikipe ya Arsenal ntiyishimiwe na bagenzi be aho bamwe (…)

Mourinho yibasiye Klopp wamuvuzeho ubwo yaguraga Pogba

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yanenze bikomeye umutoza Jurgen Klopp (…)

Rayon Sports yasinyishije Tchabalala wakiniraga Amagaju FC

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha umusore ukomoka mu gihugu cy’Uburundi Shabani Hussein (…)

FERWAFA: Umukandida rukumbi Rwemarika ntashoboye kugeza ku majwi yasabwaga

Amatora ya FERWAFA arasubitswe nyuma y’aho Rwemarika Felicite wari usigaye ari umukandida (…)

Nzamwita De Gaulle yikuye mu matora yo kuyobora FERWAFA

Umukandida Nzamwita Vincent uzwi nka De Gaulle amaze kwikura mu matora ya FERWAFA habura amasaha (…)

De Gaulle yarenze ku mategeko agenga amatora ya FERWAFA

Umukandida Nzamwita Vincent [De Gaulle]yarenze ku mategeko agenga amatora ubwo yararanaga muri (…)

Impinduka mu bakinnyi 23 bazahagararira u Rwanda mu mikino ya CHAN 2018

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 29 Ukuboza 2018 nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje (…)