skol

Imikino

Tour du Rwanda : Ikipe imwe yikuye mu irushanwa, Bike Aid itangaza ikipe ikomeye izaserukana

• Interpro Cycling Academy yamaze gusezera muri Tour du Rwanda kubera impanuka y’umwe mu (…)

Patrice Evra yaraye akoze amahano muri Europa League

• Patrice Evra yaraye akubise umufana wa Marseille mu mukino wabahuje na Vitoria de Guimaraes • (…)

Kiyovu Sports yiteguye kubakira ku ntsinzi ya APR FC imbere ya Gicumbi FC

• Cassa Mbungo yatangaje ko yiteguye gukomereza ku ntsinzi yabonye kuri APR FC • Kiyovu sports (…)

Antoine Hey yatangaje ibanga azakoresha kugira ngo asezerere Ethiopia

• Antoine Hey yatangaje ko afite icyizere cyo gusezerera ikipe ya Ethiopia • Antoine Hey (…)

Kuvuguruzanya gukomeye hagati ya FERWAFA na Antoine Hey

• FERWAFA yatangaje ko umutoza Antoine Hey yataye akazi nta ruhushya asabye • Antoine Hey (…)

Antoine hey yatangaje abakinnyi 18 bagomba kwerekeza muri Ethiopia

• Antone Hey yamaze gutangaza abakinnyi 18 bagomba guhangana na Ethiopia mu mukino ubanza mu (…)

Katauti ashobora gusimbura Sosthene muri Musanze FC

• Habimana Sosthene ashobora kwirukanwa muri Musanze FC kubera umusaruro mubi. • Ndikumana (…)

Amafoto atangaje y’abakinnyi ba PSG ubwo bizihizaga umunsi wa Halloween

Mbere yo guhura na Anderlecht abakinnyi ba PSG bagaragaye bambaye imyenda idasanzwe mu rwego rwo (…)

Nzamwita yatangaje ko bazakurikirana imyitwarire mibi ya Hey

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangarije Radio Rwanda ko (…)

Imvune ishobora gutuma Djihad atagaragara ku mukino wa Ethiopia

Bizimana Djihad yagiriye akabazo k’imvune mu myitozo yo ku munsi w’ejo aho bishobora gutuma (…)

Sanchez yatangaje umukinnyi Wenger yaguze bikamushimisha

Alexis Sanchez yatangaje ko umukinnyi Sead Kolasinac ariwe mukinnyi wenger yaguze muri Arsenal (…)

Ronaldo yatunguye abafana ba Real Madrid kubera igisubizo yahaye abanyamakuru ku mikinire ye

Cristiano Ronaldo yatangarije abanyamakuru ko nta gitutu cyo kuva muri Real Madrid afite ndetse (…)

Umwe mu bakinnyi bafashije Ghana kwerekeza mu gikombe cy’isi cya 2006 yitabye Imana

Umwe mu bakinnyi bafashije Ghana gukora amateka yo kwerekeza mu gikombe cy’isi ku nshuro ya (…)

Basha yatangaje ko Ethiopia yiteguye guhura n’Amavubi

Nubwo Ethiopia yari yasabye CAF kwimura umukino bari bafitanye n’u Rwanda kuri iki (…)

Tuyishimire Ephrem yatangaje intego afite muri Tour du Rwanda

Mu gihe habura iminsi 10 kugira ngo Tour du Rwanda itangire,Umuryango ukomeje kuganira (…)