skol

Imikino

Kiyovu Sports na APR FC zamaze kumvikana ku kibazo cya Ombolenga

Ikipe ya Kiyovu Sports na APR FC zamaze kumvikana ku kibazo cya Ombolenga wasinyiye ikipe ya APR (…)

Imanishimwe yatangiye imyitozo yoroheje muri APR FC

Myugariro w’ikipe ya APR FC Imanishimwe Emmanuel ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo (…)

Imikoranire ya Rayon Sports na SKOL ikomeje kuzamo agatotsi

Ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukorera imyitozo (…)

Abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda bamenyekanye

Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi (…)

Tuyisenge wari utegerejwe muri APR FC yongereye amasezerano muri Gor Mahia

Rutahizamu Tuyisenge Jacques ukinira ikipe ya Gor mahia yamaze kongera amasezerano y’imyaka 2 (…)

Amavubi ashobora guhabwa amahirwe ya kabiri yo kwitabira imikino ya CHAN

Ikipe y’igihugu Amavubi ishobora kubona amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma y’aho (…)

Nzamwita yarahiriye kwigaranzura itangazamakuru ryamuzengereje

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,Nzamwita Vincent de Gaulle (…)

Nzamwita yagize icyo atangaza ku kibazo cya FERWAFA na Rayon Sports

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki (…)

Mustapha yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga na Kwizera Pierro

Umukinnyi Nsengiyumva Mustapha rutahizamu wa Police FC yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga (…)

AMAFOTO y’ingenzi yaranze umuhango wo guhemba abitwaye neza ku isi mu mupira w’amaguru muri 2016

Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo (…)

Cristiano Ronaldo yatorewe kuba umukinnyi mwiza ku isi ku nshuro ya gatanu

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize (…)

Ishyamba s’iryeru hagati ya Rayon Sports na FERWAFA bapfa ibijyanye no kwamamaza kuri stade

Ikipe ya Rayon Sports iherutse kwandikira FERWAFA iyibutsa ko ibijyanye no kwamamaza kuri stade (…)

Umutoza wa Miroplast yatangaje ibanga rikomeye ryatumye yigaranzura ikipe ya Kiyovu Sports

Muhire Hassan yatangaje ko amashusho y’umukino wahuje Rayon Sports na Kiyovu sports ariyo (…)

Karekezi yatangaje impamvu yashyamiranye na Bizimungu aha ubutumwa bukomeye FERWAFA

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko atari kureka ngo Bizimungu Ally wa Bugesera FC (…)

Mugisha Samuel yihaye intego zikomeye nyuma yo kwitwara neza ku wa gatandatu

Umusore Mugisha Samuel watwaye irushanwa rya Rwanda cycling Cup kuwa Gatandatu taliki ya 21 (…)