skol

Imikino

Klopp yikomye imikinire ya Manchester United yo kugarira bikomeye

Umutoza w’ikipe ya Liverpool Jurgen Klopp yatangaje ko yababajwe n’imikinire y’ikipe ya (…)

Abantu 30 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye mu mugi wa Mogadishu

Kuri uyu wa Gatandatu ,ibyihebe byongeye guturitsa igisasu cyahitanye abasaga 30 mu mugi wa (…)

Rayon Sports vs Kiyovu Sports: byinshi wamenya kuri uyu mukino wagabanyirijwe ubukana n’amikoro

Kuva kera iyo ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Kiyovu Sports wabaga ari umukino wahuruje abantu (…)

Premier League:Arsenal na Chelsea zahawe isomo rya ruhago mu gihe Manchester City ikomeje kuyobora shampiyona

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo shampiyona y’Ubwongereza yari igeze ku munsi wa 8 aho amakipe (…)

ARPL :APR FC ntiyashoboye kwikura imbere ya Marines FC mu gihe AS Kigali yabonye amanota 3 ya mbere

Ikipe ya APR FC ntiyashoboye kubona amanota 3 ku mukino wa kabiri wa shampiyona y’u Rwanda aho (…)

Bakame yahaye ubutumwa Kiyovu Sports mbere y’uko ihura na Rayon Sports

Umunyezamu akaba na kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric uzwi cyane nka Bakame (…)

Boateng yagiriye inama FIFA yayifasha kugira ngo irondaruhu ricike

Umunya Ghana Kevin Prince Boateng ukinira ikipe ya Eintracht Frankfurt yagiriye inama FIFA yo (…)

Uko imikino iteganyijwe muri Shampiyona y’u Rwanda nibiri kuvugwa mu makipe atandukanye

Kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru harakomeza imikino ya shampiyona y’ u Rwanda Azam Rwanda (…)

Liverpool vs Manchester United byinshi bivugwa muri aya makipe n’uko imikino ya Premier League iteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Ukwakira nibwo hateganyijwe isubukurwa rya shampiyona (…)

Police FC ibonye amanota 3 ya mbere nyuma yo gutsindira Mukura VS iwayo

Ibitego bya Mico Justin na Songa Isaie nibyo bitumye ikipe ya Police FC ibona amanota 3 yayo ya (…)

Ecuador yahagaritse abakinnyi 5 bakekwaho guhabwa ruswa na Argentina

Mu rukerera rwo ku wa kabiri Taliki ya 11 Ukwakira 2017,nibwo habaye imikino ya nyuma muri (…)

Mirafa yatangaje intego afite uyu mwaka n’impamvu ituma adahamagarwa mu Mavubi

Umukinnyi Nizeyimana Mirafa ukina hagati mu ikipe ya Police FC aratangaza ko we na bagenzi be (…)

Karekezi Olivier yatangaje uko yakiriye ikibuga cy’imyitozo cyo mu Nzove

Umutoza wa Rayon Sports yatangaje ko yishimiye cyane ikibuga cy’imyitozo Rayon Sports yubakiwe (…)

Bitok yahamagaye abakinnyi 14 azakoresha mu mikino nyafurika

Umutoza w’ikipe y’igihugu Paul Bitok yamaze guhamagara abakinnyi 14 azakoresha mu mikino (…)

Mukura vs Police FC:Amakuru avugwa muri aya makipe yombi aracakirana kuri uyu wa Gatanu

Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru Azam Rwanda Premier League (…)