skol

Imikino

Rayon Sports yasinyishije Nizeyimana Mirafa uherutse gusezererwa na APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi wo hagati Hakizimana Mirafa wari mu bakinnyi (…)

Amafaranga APR FC yatakaje ku bakinnyi bane yakuye muri Rayon Sports yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda

Mu gihe gito APR FC isezereye abakinnyi 16,yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago ubwo yajyaga mu (…)

Manisihimwe Djabel yavuze ko kuba yasinyiye APR FC ari amakosa y’abayobozi ba Rayon Sports

Umukinnyi Manishimwe Djabel yavuze ko kuba yarasinyiye ikipe ya APR FC ku munsi w’ejo byatewe (…)

AFCON 2019: RDC yungukiye cyane mu kunyagirwa kwa Kenya na Tanzania mu mikino ya nyuma y’amatsinda

Ikipe zari zihagararariye EAC mu gikombe cya Afrika zanyagiwe ibitego 3-0 mu mukino wa nyuma (…)

Abakinnyi 4 APR FC yakuye muri Rayon Sports bakoze imyitozo yabo ya mbere [AMAFOTO]

Abakinnyi bahoze bakinira Rayon Sports barimo Manzi Thierry, Mutsinzi Ange, Niyonzima Olivier (…)

Manishimwe Djabel yerekeje muri APR FC nyuma y’umunsi umwe aguzwe na Gor Mahia

Umukinnyi Manishimwe Djabel yakoze agashya katunguye benshi kuko yamaze kwerekeza mu ikipe ya (…)

Ikipe ikomeye muri Afurika y’Epfo yamaze kwemera kwishyura ibihumbi 60 by’amadolari kuri Sarpong

Ikipe yo muri Afurika y’Epfo yagizwe ibanga cyane yamaze kwemera kwishyura akayabo k’ibihumbi 60 (…)

Mutsinzi Ange yasezeye ku bakunzi ba Rayon Sports yerekeza mu ikipe ya APR FC

Myugariro Mutsinzi Ange uri mu beza mu Rwanda yamaze gusezera ku bakunzi b’ikipe ya Rayon Sports (…)

AFCON 2019: Uburundi bwasize inkuru mbi mu gikombe cya Afurika mu gihe RDC yazutse ku munsi wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’Uburundi yakoze amateka mabi mu gikombe cya Afurika ubwo yatsindwaga na Guinea (…)

Manishimwe Djabel yaciye ibihuha byamwerekezaga muri APR FC asinyira Gor Mahia

Umukinnyi Manishimwe Djabel wari umaze imyaka 5 akinira ikipe ya Rayon Sports yamaze kuyivamo (…)

Kiyovu Sports yageze ku mukino nyuma w’igikombe cy’Amahoro nyuma y’imyaka irenga 20 itahagera

Ikipe ya Kiyovu Sports yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro (…)

Myugariro John Stones yirukanye mu nzu uwahoze ari umugore we n’umwana babyaranye

Myugariro wa Manchester City,John Stones uherutse guta mu nzu umugore we bakundanye bakiri abana (…)

Micheal Sarpong yatangaje ikipe akunda yakinira inzozi ze zikaba impamo

Rutahizamu wa Rayon Sports Micheal Sarpong witwaye neza mu mwaka we wa mbere ageze mu ikipe ya (…)

PSG yahaye ikizamini gikomeye FC Barcelona ishaka kwisubiza Neymar Jr

Ikipe ya PSG yasabye FC Barcelona ibya mirenge kugira ngo iyihe rutahizamu Neymar Jr birimo ko (…)