skol

Imikino

Cristiano Ronaldo yahaye abakozi bo muri Hoteli yo mu Bugereki ishimwe rya miliyoni 18 FRW kubera akantu koroheje bamukoreye

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukunze gukora udushya dutandukanye hanze y’ikibuga,yatunguye benshi (…)

Fernando Torres wasezeye ku mupira w’amaguru yavuze umukinnyi umwe mubo bakinannye wamwemeje cyane

Rutahizamu Fernando Torres wubatse izina mu ikipe ya Liverpool no muri Atletico Madrid,yatangaje (…)

Rayon Sports yatumiye perezida Kagame kuzaza kureba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro bizeye kuzageraho

Ubuyobozi bwa Rayon Sports burifuza ko nyakubahwa perezida Kagame yazitabira umukino wa nyuma (…)

Tanzania na Kenya zagaragaje urwego rwo hasi cyane mu gikombe cy’Afurika

Tanzania yatsinzwe ibitego 2-0 na Senegal mu mukino yakozemo amakosa menshi cyane ndetse (…)

Rayon Sports izacakirana na AS Kigali muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo kwandikira amateka kuri Gicumbi FC

Ikipe ya Rayon Sports yongeye gutombora AS Kigali muri ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro (…)

Abakinnyi ba Manchester United basabye ubuyobozi bwa Manchester United kugurisha umwe mu bakinnyi bakomeye

Abakinnyi bakomeye mu ikipe ya Manchester United ndetse n’umutoza wayo Ole Gunnar Solskjaer (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje benshi kubera ahantu yahuriye n’umutoza mushya wa Juventus

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu yakiriye umutoza (…)

Igihe Real Madrid izagurira Kylian Mbappe cyamaze kumenyekana

Real Madrid ikomeje kwiyubaka cyane muri uyu mwaka,ntiyiteguye kugura rutahizamu wa PSG,Kylian (…)

Didier Drogba yahishuriye abakunzi ba Chelsea umutoza ushobora kuyitoza

Umukinnyi Didier Drogba wabaye kizigenza mu ikipe ya Chelsea FC yahishuriye abafana ba Chelsea (…)

AFCON 2019: Uganda yahaye isomo rya ruhago RDC mu gihe umutoza wa Nigeria yashimiye Abarundi bamugoye cyane

Ikipe ya Uganda yeretse abakunzi ba ruhago koi maze gukura cyane mu mikinire kuko yegereye (…)

Rutahizamu Harry Kane yashyingiranywe n’umukunzi we bakundanye bagitangira ishuli [AMAFOTO]

Rutahizamu Harry Kane ukinira ikipe ya Tottenham yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe n’umukunzi (…)

Rutahizamu wari kizigenza muri RDC yaje mu Rwanda kumvikana na Rayon Sports

Rutahizamu witwa Bola Lobota, watsinze ibitego 10 mu mikino 25 yakiniye ikipe ya AS Nyuki (RDC (…)

Rayon Sports yatangaje ingengo y’imari izakoresha mu kugura abakinnyi muri uyu mwaka

Ikipe ya Rayon Sports ii kwiyubaka cyane yavuze ko aribwo bigitangira kuko ngo yapanze ko muri (…)

Rutahizamu Bigirimana Issa yateye ivi asaba umukunzi we ko yazamubera umugore nyuma y’umwaka urenga bakundana [AMAFOTO]

Rutahizamu Bigirimana Issa uherutse gusinyira ikipe ya Yanga Africans avuye muri APR FC yaraye (…)

AFCON 2019:Misiri yatsinze Zimbabwe mu mukino wagoye cyane Mohamed Salah

Ikipe ya Misiri yatangiye igikombe cya Afurika 2019 itsindira imbere y’abakunzi bayo igihugu cya (…)