skol

Imikino

Robertinho ashobora kudatoza ikipe ya Rayon Sports mu gikombe cy’Amahoro

Umutoza Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho,birwavugwa ko ashobora kuva mu (…)

APR FC yafatiye ingamba zikomeye abakinnyi n’abatoza kubera gutsindwa umusubirizo

Kuri iki cyumweru ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwakoze inama y’igitaraganya yafatiwemo imyanzuro (…)

Milner yasebeje Messi wamututse mu cyesipanyole yibeshya ko atakizi

Umukinnyi wa Liverpool James Milner yavuze ko Messi yamututse cyane mu cyesipanyole aziko (…)

Ubuyobozi bwa FC Barcelona bwiyemeje kugurisha abakinnyi 9 nyuma yo gutsindwa na Valencia

Ubuyobozi bwa FC Barcelona bwarakaye cyane buhita bufata umwanzuro wo kugurisha abakinnyi 9 (…)

Umusifuzi yatsindiye igitego imwe mu makipe yasifuriraga bituma benshi bacika ururondogoro

Umusifuzi w’Umuholandi yaciye ibintu kubera ko yatsindiye igitego imwe mu makipe yasifuriraga mu (…)

Umutoza wirukanwe mu ikipe ya Real Madrid yasabye akazi ko gusimbura Sarri muri Chelsea FC

Ikipe ya Chelsea FC irashaka umusimbura wa Maurizio Sarri nyuma y’umukino wa nyuma wa Europa (…)

Bizimana Djihad yashyize atangaza ikibazo gikomeye gituma Amavubi adatsinda

Uyu musore uri mu biruhuko mu Rwanda nyuma y’umwaka mu Bubiligi yabwiye Radio 10 kuri uyu wa (…)

Sibomana Patrick yerekeje muri Tanzania gusinyira imwe mu makipe akomeye

Umukinnyi Sibomana Patrick uri mu bakinnyi bakina baca ku mpande b’abahanga cyane mu (…)

Valencia nayo yasuzuguye FC Barcelona iyitwara igikombe cya Copa del Rey

Ikipe ya FC Barcelona iri mu bihe bibi cyane,yongeye gutenguha bikomeye abakunzi bayo itsindwa (…)

APR FC yashenguwe no gutakaza igikombe cya Shampiyona yatsindiwe I Kigali na Espoir FC

Ikipe ya APR FC yaraye itwawe igikombe cya shampiyona na Rayon Sports,yatsinzwe na Espoir FC (…)

Liverpool yatunguye benshi kubera myugariro ukomeye wa Real Madrid ishaka gusinyisha

Abafana ba Liverpool bacitse ururondogoro kubera ko ishaka gusinyisha myugariro wa Real Madrid (…)

Zamalek yashoye akayabo kenshi kugira ngo yibikeho rutahizamu Kagere Meddie

Ikipe ya Zamalek yo mu Misiri yatangaje benshi kubera akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda (…)

Cristiano Ronaldo yashyize hanze amafoto y’imodoka nziza cyane yaguze akayabo [AMAFOTO]

Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yongeye kugaragaza indi modoka nziza cyane ya McLaren (…)

Tuyisenge Jacques yerekeje mu ikipe yo muri Angola yamutanzeho akayabo k’amadolari

Rutahizamu wa Gor Mahia,Tuyisenge Jacques,usanzwe ari umwe muri ba kapiteni b’Amavubi,ari hafi (…)

Messi yongeye kuvuga ku gahinda gakomeye yatewe no gutsindwa na Liverpool

Rutahizamu Lionel Messi wa FC Barcelona yatangaje ko gutsindwa na Liverpool muri ½ cya UEFA (…)