skol

Imikino

Rafael Nadal wamamare muri Tennis yiyemeje guhagarika amarushanwa kugira ngo akore ubukwe

Icyamamare muri Tennis,Rafael Nadal yiyemeje guhagarika amarushanwa arimo Wimbledon,kugira ngo (…)

Eden Hazard yamaze amatsiko abibaza ahazaza he mu ikipe ya Chelsea

Rutahizamu wa Chelsea FC,Eden Hazard yatangaje ko mu minsi ishize yabwiye ubuyobozi bw’iyi kipe (…)

Manchester City yisubije igikombe cya Premier League

Ikipe ya Manchester City yahigitse Liverpool bari bahanganye itwara igikombe cya shampiyona (…)

Tanasha yamaganye abamushinjaga gukundana na Ali Kiba

Umukunzi wa Diamond Platnumz yahakanye amakuru yavuzwe ko yigeze gukundana na Ali Kiba bitewe (…)

Umukinnyi ukomeye arashaka kuva muri FC Barcelona kubera agasuzuguro ka Messi

Umwuka mubi ukomeje gututumba mu ikipe ya FC Barcelona nyuma yo gutsindwa na Liverpool mu mukino (…)

Jose Mourinho yimwe akazi yari amaze igihe ategereje cyane

Umutoza Jose Mourinho umaze imezi menshi mu bushomer nyuma yo kwirukanwa na Manchester United mu (…)

Jurgen Klopp yatangaje benshi kubera ibyo yatangaje ku mukino yanyagiyemo FC Barcelona

Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yatangaje ko ibyishimo yatewe no kunyagira ikipe ya FC (…)

Rayon Sports yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Amagaju yayigoye bikomeye

Bigoranye ikipe ya Rayon Sports yikuye I Nyagisenyi nyuma yo gutsinda Amagaju FC ibitego 2-1 mu (…)

Diego Simeone yatangaje impamvu akunda Cristiano kurusha Messi bakomoka mu gihugu kimwe

Umutoza wa Atletico Madrid,Diego Pablo Simeone yatangaje ko yakwifuza gutunga mu ikipe ye (…)

Umutoza mushya uzatoza Cristiano Ronaldo na bagenzi be umwaka utaha yamaze kumenyekana

Ikipe ya Juventus irashaka umutoza mushya nyuma y’aho Max Allegri ananiwe gutwara igikombe cya (…)

Umunya Brazil Ronaldo yavuze ko Lionel Messi yagize uruhare mu gutsindwa kwa FC Barcelona

Uwabaye umukinnyi ukomeye Luis Nazario de Lima uzwi nka Ronaldo wakinnye mu makipe menshi arimo (…)

Umufana wa Valencia yakoreye igikorwa kigayitse Aubameyang ubwo yishimiraga igitego [AMAFOTO]

Umufana wa Valencia yafashwe amashusho n’imwe muri camera zo ku kibuga cya Mestalla acira kuri (…)

Umwana ufana Liverpool yababaje benshi kubera igikorwa kigayitse yakoreye Messi nyuma yo gusezererwa

Umwana muto ufana Liverpool yirukiye mu kibuga atunga intoki ebyiri rutahizamu Lionel Messi wari (…)

Kabuhariwe Yaya Toure yasezeye ku mupira w’amaguru

Umunya Cote d’Ivoire Yaya Toure wabaye umukinnyi w’indashyikirwa mu makipe akomeye ku isi arimo (…)

Arsenal na Chelsea zakatishije itike yo guhurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League

Bwa mbere mu mateka amakipe 4 yo mu bwongereza agiye guhurira ku mikino ya nyuma y’ibikombe by’I (…)