skol

Imikino

APR FC yanyagiye Gicumbi FC yisubiza umwanya wa mbere wa shampiyona by’agateganyo

APR FC yari imaze iminsi ititwara neza yiyunze n’abafana bayo itsindira Gicumbi FC ibitego 3-1 (…)

Muhirwa Freddy yemeje ko APR FC nta bushobozi igifite bwo kugura umukinnyi muri Rayon Sports

Visi perezida w’ikipe ya Rayon Sports Me Muhirwa Freddy yatangaje ko ikipe ya APR FC nta (…)

Abahabwa amahirwe yo gusimbura umutoza wa FC Barcelona bamaze kumenyekana

Umutoza wa FC Barcelona,Ernesto Valverde ari mu mazi abira kubera gutsindwa na Liverpool ibitego (…)

Ibyo Messi yakoreye mu rwambariro nyuma yo gutsindwa na Liverpool byateye benshi agahinda

Kabuhariwe Lionel Messi yababaje benshi mu bakunzi ba ruhago kubera ukuntu yagaragaye ari (…)

Ibyo Real Madrid ishaka kuzakorera Gareth Bale niyanga kuyivamo biteye agahinda

Ikipe ya Real Madrid irifuza kugurisha umukinnyi wayo Gareth Bale kubera ko atagitanga umusaruro (…)

Sep Blatter arashaka kujyana mu nkiko FIFA na Gianni Infantino

Uwahoze ayobora FIFA, Sepp Blatter yatangaje ko yagambaniwe cyane na FIFA ndetse n’umuyobozi (…)

Tottenham yakoze ibitangaza byayifashije kugera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League bwa mbere mu mateka yayo

Ikipe ya Tottenham nayo yiganye Liverpool ikora ibitangaza bikomeye itsinda Ajax Amsterdam yari (…)

Abafana ba Liverpool bakoreye urugomo Lionel Messi ku kibuga cy’indege

Itsinda ry’abafana ba FC Barcelona bateze kizigenza Lionel Messi ku kibuga cy’indege baramutuka (…)

Rwatubyaye Abdul yaguranwe undi mukinnyi n’ikipe ye ya Sporting Kansas City

Ikipe ya Sporting Kansas City yakinagamo Rwatubyaye Abdul yamaze gufata umwanzuro gutanga (…)

Mauricio Pochettino yatangaje ikintu gitangaje yakora aramutse afashije Tottenham gutwara UEFA Champions League uyu mwaka

Umutoza wa Tottenham,Maurizio Pochettino yatangaje benshi kubera ibyo yabwiye abanyamakuru ku (…)

Jose Mourinho yahishuye ikintu gikomeye Klopp arusha abandi batoza ku isi

Umutoza Jose Mourinho wahoze atoza ikipe ya Manchester United nyuma akazi kuyirukanwamo mu mpera (…)

Liverpool yakoze ibitangaza isezerera FC Barcelona ihita ikatisha itike yo kwerekeza ku mukino wa nyuma wa Champions League

Ikipe ya Liverpool yongeye kwerekana ko ari impirimbinyi y’ibidashoboka bigashoboka kuko nyuma (…)

Abafana ba Liverpool bakoreye urugomo abakinnyi b’ikipe ya FC Barcelona

Abafana ba Liverpool basanzwe bazwiho kugira imyitwarire idahwitse mu Bwongereza,bazindutse mu (…)

Bamwe mu bafana ba Rayon Sports batangiye kwinginga Muhadjiri ngo aze muri Rayon Sports bamuhe amafaranga

Abafana ba Rayon Sports batangaje ko bifuza kubona Hakizimana Muhadjiri mu ikipe yabo bakajya (…)

Uwagurishije Rwatubyaye muri US arimo kwishyuza Rayon Sports ibihumbi bitanu by’amadolari

Umugabo witwa Simone Ghirlanda utuye muri US,ufite kompanyi yitwa Prunamec and Calcio ifite (…)