skol

Imikino

Manchester United yiyemeje gutanga akayabo ka miliyoni zirenga 200 z’amapawundi ku mukinnyi ukomeye ku isi

Ikipe ya Manchester United itishimiye umusaruro wa Romelu Lukaku, iri kurambagiza mu ibanga (…)

Umuherwe ukomeye yashoye amafaranga y’umurengera ashaka kugura ikipe ya Manchester United

Umuherwe witwa Mohammad Bin Salman usanzwe ari igikomangoma cya Saudi Arabia yamaze gutanga (…)

Umukobwa w’Uburanga yigambye gukundana na Neymar arusha imyaka 12 [AMAFOTO]

Umunyamideli ukunze kwifotoza yambaye ubusa,ukomoka mu burusiya witwa Victoria Bonya,yatangaje (…)

Mesut Ozil yakoze igikorwa kigaragaza ko yanga urunuka umutoza Unai Emery

Umukinnyi Mesut Ozil uhembwa amafaranga menshi kurusha abandi bakinnyi bose ba Arsenal ariko (…)

Jules ulimwengu yamaze gusinyira Rayon Sports ahabwa nimero 7 yambarwaga na Caleb

Rutahizamu Jules Ulimwengu wakiniraga Sunrise FC yamaze gusinyira Rayon Sports amasezerano (…)

Jules Ulimwengu yamaze kugera mu Rwanda yizeza abakunzi ba Rayon Sports kubashimisha

Rutahizamu w’Umurundi Jules Ulimwengu yamaze kugera I Kigali aho aje gukinira ikipe ya Rayon (…)

Umugore wa Wayne Rooney yakuyemo impeta y’isezerano nyuma yo kumufata ari kumwe n’undi mugore

Coleen Rooney, umugore w’umukinnyi Wayne Rooney yagaragaye mu muhanda nta mpeta y’isezerano (…)

Sergio Ramos ari mu mazi abira kubera ikarita y’umuhondo yaraye yihesheje

Kapiteni wa Real Madrid ari mu mazi abira kubera ibyo yatangaje ko yihesheje ikarita y’umuhondo (…)

Marcelo yatangaje ibanga rikomeye Cristiano Ronaldo yamubikije mbere y’umukino wa nyuma batsinzemo Liverpool

Myugariro Marcelo ukinira ikipe ya Real Madrid yatangaje ko mbere y’umukino wa nyuma wa UEFA (…)

Real Madrid yeretse AJAX ko ari umwami wa UEFA Champions League,Tottenham yiyongerera amahirwe yo kugera muri ¼

Ikipe ya Real Madrid yeretse Ajax ko ari umwami wa UEFA Champions League ubwo yayisangaga ku (…)

Zinedine Zidane agiye gutoza imwe mu makipe akomeye muri shampiyona y’Ubwongereza

Umutoza Zinedine Zidane wamamaye mu ikipe ya Real Madrid nk’umukinnyi n’umutoza,ari gushakishwa (…)

PSG yatsindiye Manchester United ku kibuga cyayo bituma Solskjaer atakarizwa icyizere n’abafana

Ikipe ya PSG yaburaga abakinnyi bayo benshi igenderaho yasanze Manchester United yari yuzuye ku (…)

France Football yatangaje amakipe 10 akomeye cyane mu mupira w’amaguru ku isi

Ikinyamakuru gikomeye mu bufaransa cya France Football gitegura Ballon d’Or cyatangaje ko ikipe (…)