skol

Imikino

Pep Guardiola yavuze ikintu kimuteye ubwoba muri shampiyona y’uyu mwaka

Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola yatangaje ko afite ubwoba ko ashobora kuzahangana na (…)

Rwatubyaye yamaze kugurwa n’ikipe yo muri USA

Myugariro Rwatubyaye Abdul wakiniraga ikipe ya Rayon Sports yamaze kwerekeza mu ikipe ya (…)

Igikombe cy’Intwali 2019 APR FC yatsinze Rayon, umva uko Rujugiro yishongoye kuri Rwarutabura

Mu mukino wari bwemeze utwara igikombe cy’Intwali wabaye taliki 1/2/2019 ku munsi w’Intwali (…)

Umutoza wa Arsenal yasabye ikintu gikomeye ubuyobozi bwe nyuma yo kunyagirwa na Manchester City

Umutoza wa Arsenal,Unai Emery yatangarije ubuyobozi bwe ko yifuza ko mu mpeshyi y’uyu mwaka (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yibasiwe bikomeye n’abagize umuryango we yahemukiye

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez, yashinjwe kutagira isoni ndetse kwirata cyane (…)

Migi yatangaje ko Rayon Sports itakiri mukeba wa APR FC

Kapiteni wa APR FC,Mugiraneza Jean Baptiste yatangaje ko Rayon Sports itakiri mukeba wa APR FC (…)

Manuel Pellegrini utoza Westham yandagaje bikomeye umutoza wa Liverpool

Umutoza wa Westham Manuel Pellegrini yibasiriye Jurgen Klopp wa Liverpool ko akunda gutsinda (…)

Casa Mbungo yamaze gusinyira ikipe ikomeye muri Kenya

Umutoza w’umunyarwanda Casa Mbungo Andre watoje amakipe atandukanye arimo AS Kigali,Kiyovu (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje abakinnyi 2 yifuza ko Juventus yagura bakayifasha gukomeza kwegukana ibikombe

Rutahizamu Cristiano Ronaldo wujuje imyaka 34 kuri uyu wa Kabiri taliki ya 05 Gashyantare (…)

Mukura VS y’abakinnyi 10 yatsinze Etincelles ikura Rayon Sports ku mwanya wa kabiri

Ikipe ya Mukura VS yabashije gutsinda Etincelles FC ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane wo ku (…)

Kylian Mbappe yahaye ubutumwa bukomeye Manchester United bagiye guhurira muri UEFA Champions League

Rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe yatangaje ko nta bwoba atewe na Manchester United bagomba (…)

Ikipe ya Mamelodi Sundowns yatoye Miss wo kuyihagararira muri 2019 [AMAFOTO]

Ikipe ikomeye muri Afurika y’Epfo ya Mamelodi Sundowns,yaraye itoye umukobwa w’uburanga witwa (…)

Visi perezida wa APR FC yavuze ko abakinnyi bava muri APR FC bakajya mu yandi makipe yo mu Rwanda ari uguhunahuna

Mu muhango wo kwishimira igikombe cy’Intwari 2019 baheruka gutwara batsinze Rayon Sports tariki (…)

Chelsea FC yatangiye kuganiriza mu ibanga umutoza yifuza gusimbuza Maurizio Sarri

Ikipe ya Chelsea yatangiye gushaka umutoza wo gusimbura Maurizio Sarri umerewe nabi aho ngo (…)

Ipusi yinjiye mu kibuga ihagarika umukino wa Premier League iminota 5 [AMAFOTO]

Ipusi y’umukara yinjiye mu kibuga ubwo ikipe ya Everton yari yakiriye Wolves muri Premier (…)