skol

Imikino

Rwatubyaye yafashe indege imwerekeza muri Macedonia mu igeragezwa [AMAFOTO]

Myugariro Rwatubyaye Abdul yamaze gufata indege imwerekeza mu gihugu cya Macedonia gukora (…)

Rwatubyaye nawe yiyongereye ku rutonde rw’abakinnyi bagiye kuva muri Rayon Sports

Myugariro Rwatubyaye Abdul yamaze kubona ikipe muri Macedonia yitwa FC Shkupi ndetse biravugwa (…)

FC Barcelona yasekeje benshi kubera rutahizamu yatangaje ko ishaka

Ikipe ya FC Barcelona yakoze agashya itangaza ko yifuza rutahizamu wa Chelsea Olivier Giroud (…)

Chelsea yamaze kubona rutahizamu mushya wo kuyifasha guhangamura amakipe

Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana na Juventus kugira ngo ibatize amezi 6 rutahizamu Gonzalo (…)

Real Madrid yagaragarije urwango rukomeye Cristiano Ronaldo

Ikipe ya Real madrid yo muri Espagne yagaragaje ko itacyitaye kuri Cristiano Ronaldo (…)

Umukinnyi Serge Aurier yatawe muri yombi azira gukubita umugore we

Myugariro w’ikipe ya Tottenham Serge Aurier yatawe muri yombi mbere y’umukino bahuye na (…)

Solskjaer yandagaje Mourinho kubera imitoreze ye muri Manchester United

Umutoza mushya wa Manchester United,Ole Gunnar Solskjaer yavuze ko imitoreze ya Jose Mourinho (…)

Rayon Sports yatangiye gushaka rutahizamu usimbura Caleb ugiye kuyivamo

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro n’umukinnyi wa Sunrise witwa Jules Ulimwengu umaze (…)

Radiant yahaye Rayon Sports miliyoni 34 zo kwishyura ya bisi imaze igihe itegerejwe

Ikigo cy’ubwishingizi cya Radiant cyamaze gushyikiriza Rayon Sports akayabo ka miliyoni 34 (…)

Umukinnyi ukomeye yafashwe amashusho ari kwikinishiriza mu muhanda yasinze

Umunya Irlande witwa Gavin Whyte ukinira ikipe ya Oxford United,yatawe muri yombi na polisi (…)

Petr Cech wigaragaje cyane muri Premier League yatangaje ko agiye gusezerera kuri ruhago

Umunyezamu uri mu beza babayeho muri Premier League,Petr Cech usanzwe akinira ikipe ya (…)

Chelsea yaciye Real Madrid akayabo k’amamiliyoni kuri Eden Hazard

Ikipe ya Chelsea FC yamaze gutangariza Real Madrid ko niba ishaka rutahizamu wayo Eden Hazard (…)

Arsenal yatangije amarushanwa yo gufasha abafana bayo gusura u Rwanda

Arsenal FC yamamaza ubukerarugendo bw’ u Rwanda muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’, yateguye (…)

Ole Gunnar Solskjaer yatangiye guha amategeko akomeye abakinnyi ba Manchester United

Umutoza w’agateganyo wa Manchester United,Ole Gunnar Solskjaer,yamaze gutegeka abakinnyi be ko (…)

Hemedi yongeye gushimangira urwango abafana ba Kiyovu Sports banga Rayon Sports

Umukuru w’abafana ba Kiyovu Sports mu Rwanda,Minani Hemed yatangaje ko we n’abakunzi b’iyi kipe (…)