skol

Imikino

Wa mugore ushaka gushyira hasi Cristiano Ronaldo yatangaje ikintu yamukoreye kikamubabaza cyane

Umunyamideli Jasmine Lennard ushaka gushyira hasi Cristiano Ronaldo afatanyije na Kathryn (…)

Neymar Jr yaciye amarenga akomeye ko agiye gusubira muri FC Barcelona

Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr, yongeye guca ibintu mu binyamakuru nyuma yo kugaragara ari kugirana (…)

Myugariro John Stones yaciye ibintu nyuma yo guta umugore we akajya gukodesha indi nzu

Myugariro wa Manchester City,John Stones yaciye ibintu hirya no hino nyuma yo guta umugore we (…)

Rayon Sports ishobora kuzerekeza I London muri Kamena gusura Arsenal FC

Ikipe ya Rayon Sports ishobora gufashwa na SKOL kwerekeza mu Bwongereza gusura Arsenal FC muri (…)

Nova Bayama yatangaje uko yagambaniwe na bamwe mu bakozi ba Rayon Sports bikamuviramo no kwirukanwa

Umukinnyi Nova Bayama wasezerwe burundu mu ikipe ya Rayon Sports yanditse ibaruwa y’agahinda (…)

Rayon Sports izacakirana na APR FC mu mikino y’igikombe cy’intwari

Rayon Sports na APR FC zigomba guhurira mu irushanwa ry’intwari rizamara iminsi itatu rikinwa (…)

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwashinje bamwe mu bakinnyi bayo ubwitange buke

Visi Perezida wa Rayon Sports,Muhirwa Freddy yatangaje ko bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports (…)

Habonetse ikizungerezi cyiyemeje gushyira hasi Cristiano Ronaldo mu birego byo gufata ku ngufu ashinjwa

Umunyamideli witwa Jasmine Lennard wamamaye mu marushanwa ya Big Brother yatangaje ko afite (…)

Rayon Sports yirukanye burundu Nova Bayama, ihagarika Manishimwe Djabel

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwafatiye ibihano bikarishye abakinnyi babwo babiri baheruka (…)

Mohamed Salah yongeye gutorwa nk’umukinnyi mwiza w’umwaka muri Africa

Umunya Misiri Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka wa 2018 (…)

Wayne Rooney yatutswe n’umugore we nyuma yo gufungwa azira gusindira ku kibuga cy’indege

Umukinnyi Wayne Rooney wamenyekanye mu Bwongereza mu makipe nka Manchester United,aherutse (…)

Abakinnyi ba Gicumbi FC babayeho mu buzima buteye agahinda [AMAFOTO]

Muri iki gitondo tariki ya 8 Mutarama 2019 abakinnyi b’ikipe ya Gicumbi FC bigaragambije banga (…)

Umuvandimwe wa Paul Pogba yagaragaje impamvu ikomeye yatumye ashwana na Mourinho

Umuvandimwa wa Paul Pogba,witwa Mathias Pogba, yibasiriye Jose Mourinho cyane ndetse avuga ko (…)

CAF yamaze gutangaza igihugu kizakira CAN ya 2019 izaba irimo agashya kadasanzwe

Igihugu cya Missiri nicyo kimaze guhabwa uburenganzira bwo gutegura imikino y’igikombe (…)