skol

Imikino

Lionel Messi yagiriye inama Ousmane Dembele ufite imyitwarire idahwitse

Kabuhariwe Lionel Messi,yagiriye inama ikomeye mugenzi we bakinana Ousmane Dembele wari umaze (…)

Umutoza mushya wa Manchester United yahaye ubutumwa bukomeye Sanchez na Lukaku badaheruka mu kibuga

Umutoza mushya wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yabwiye Lukaku na Sanchez batakaje (…)

Jimmy Mulisa yababajwe n’imyitwarire ya bamwe mu bakinnyi ba APR FC ku mukino wa Gicumbi FC

Umutoza wa APR FC,Mulisa Jimmy yavuze ko abakinnyi bamwe b’Abanyarwanda bataramenya akazi kabo (…)

Unai Emery yahishuye abakinnyi 2 batumye ikipe ya Liverpool ikomera cyane

Umutoza wa Arsenal yavuze ko gutsinda ikipe ya Liverpool uyu mwaka ari ikizamini kigoye cyane (…)

Mukura VS yatomboye Al Hilal Omdurman yo muri Sudan muri CAF Confederations Cup

Ikipe ya Mukura VS yongeye gutombora ikipe yo muri Sudan mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu (…)

APR FC yananiwe gutsinda Gicumbi FC yafatwaga nk’insina ngufi muri shampiyona

APR FC iyoboye shampiyona y’u Rwanda kugeza ubu,yananiwe gutsindira Gicumbi FC ibanzirirza iya (…)

Lionel Messi yahaye igisubizo gikomeye Cristiano Ronaldo wamusabye kwerekeza mu Butaliyani

Kabuhariwe Lionel Messi yasubije Cristiano Ronaldo wamusabye guhindura ikipe akava mu ikipe ya (…)

Asamoah Gyan usigaranye amapawundi 600 kuri Konti ye yaburiwe irengero n’umuryango we

Umwe mu bakinnyi bigeze kuba aba mbere ku isi mu guhembwa agatubutse,Umunya Ghana Asamoah Gyan, (…)

Robertinho yasinye amasezerano y’amezi 6 ahabwa inshingano zikomeye

Umutoza Roberto Oliveira Goncalves do Carmo yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka 6 (…)

Rayon Sports iri mu biganiro na Saidi Abedi Makasi kugira ngo ayibere umutoza wungirije

Ikipe ya Rayon Sports iri kurwana no kuzuza itsinda ry’abatoza bayo,iri mu biganiro na Saidi (…)

Manzi Thierry yatangaje impamvu ikomeye abakinnyi ba Rayon Sports bifuza gukomeza gutozwa na Robertinho

Kapiteni wa Rayon Sports,Manzi Thierry yavuze ko we na bagenzi be bifuza gukomeza gutozwa na (…)

Eden Hazard yatangaje amagambo yashimishije abafana ba Chelsea nyuma yo kuzuza ibitego 101

Rutahizamu wa Chelsea,Eden Hazard yaraye ayifashije gutsinda ibitego 2-1 ikipe ya Watford, (…)

Umutoza mushya wa Manchester United yasingije bikomeye Paul Pogba bituma abafana baha urw’amenyo Mourinho

Umutoza mushya w’agateganyo wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yatatse bikomeye (…)

Impamvu Casa Mbungo Andre yatakaje akazi ko gutoza Rayon Sports bari bumvikanye yamenyekanye

Ku munsi w’ejo,Taliki ya 26 Ukuboza 2018, nibwo byavuzwe mu binyamakuru bitandukanye ko Rayon (…)