skol

Imikino

Umukunzi wa Maradona yamukoreye ubugome burenze nyuma yo guhagarika urukundo bari bafitanye

Diego Maradona wamamaye mu mupira w’amaguru kubera ubuhanga bwe bwatumye afasha Argentina (…)

Umunyezamu Bashunga Abouba yatewe n’abagizi ba nabi nyuma yo gutsindwa na APR FC

Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports,Bashunga Abouba yatewe n’abagizi ba nabi batanu,batera (…)

Migi yasobanuye impamvu bishimiye gutsinda Rayon Sports bakambakamba [AMAFOTO]

Kapiteni w’ikipe ya APR FC,Migi, yatangaje ko bababajwe n’uko bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports (…)

Rusheshangoga afashije APR FC y’abakinnyi 10 gutsinda Rayon Sports ku munota wa nyuma [AMAFOTO]

Myugariro Rusheshangoga Michel yongeye kugaragaza ko ari kabuhariwe mu gutsinda ibitego (…)

N’golo Kante yongeye guca ibintu kubera ibyo yatangarije abamwita umwitonzi cyane

Umukinnyi wa Chelsea, N’golo Kante yatangaje ko abantu bavuga ko ariwe mukinnyi witonda ndetse (…)

Mukunzi Yannick yavuze byinshi kuri rutahizamu Rafael ushobora gukina umukino wa mbere ahura na APR FC

Umukinnyi Mukunzi Yannick ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko (…)

Jimmy Mulisa yavanye mu kwezi kwa buki Mangwende kugira ngo amufashe guhangamura Rayon Sports

Umutoza wa APR FC,Jimmy Mulisa yakuye igitaraganya myugariro Imanishimwe Emmanuel uzwi nka (…)

Liverpool na Tottenham zageze muri 1/16 cya UEFA Champions League mu buryo bugoye cyane

Amakipe 2 yo mu Bwongereza,Liverpool na Tottenham Hotspurs yari yitezwe cyane mu mikino ya nyuma (…)

Robertinho na Yannick batangaje uko biteguye umukino w’ishyiraniro bazahura na APR FC

Umutoza wa Rayon Sports Robertinho na Mukunzi Yannick batangaje ko imyitozo yo kwitegura APR FC (…)

Real Madrid na FC Barcelona nizo zihariye abakinnyi benshi mu ikipe y’ibihe byose ya UEFA

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA ryamaze gushyira hanze ikipe (…)

Messi yiganye Cristiano Ronaldo nawe agura indege ifite ubwiza buhebuje [AMAFOTO]

Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi yageze ikirenge mu cya mukeba we Cristiano (…)

Manchester United yafatiye umwanzuro ukomeye Paul Pogba utumvikana na Jose Mourinho

Ubuyobozi bwa Manchester United bwabwiye Paul Pogba ko akwiriye gutuza kuko iyi kipe itazigera (…)

Cristiano Ronaldo yandagaje Lionel Messi bikomeye amusaba kumusanga mu Butaliyani

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yabwiye abanyamakuru ko adakumbuye Messi ndetse we (…)

Ousmane Dembele yakoze amahano yatumye abafana ba FC Barcelona bamurakarira bikomeye

Rutahizamu Ousmane Dembele wa FC Barcelona yakoze agashya ku Cyumweru agera ku myitozo irangiye (…)