skol

Imikino

Jose Mourinho ari mu byishimo bikomeye kubera ibyo yakorewe na Ed Woodward

Umutoza wa Manchester United ukunda kugurirwa abakinnyi ku buryo butangaje,ari mu byishimo (…)

Cristiano Ronaldo yibasiriye abakinnyi bakinannye muri Real Madrid

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus yavuze ko mu ikipe ya Real Madrid harimo (…)

Robertinho yaburiye abayobozi ba Rayon Sports bataramuha ibyo yabasabye

Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo yatangaje ko ashobora kuva mu ikipe (…)

Umukinnyi w’Umutaliyani yishimiye igitego yambarira ubusa mu bafana [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Sampdoria Ricky Saponara ukina hagati,yakoze amahano ubwo yishyuraga igitego ku (…)

Masudi Djuma yavuze impamvu ikomeye iri gutuma atsindwa umusubirizo

Umutoza wa AS Kigali Masudi Irambona Djuma yavuze ko hari bamwe mu bakinnyi be batazi uburyo (…)

Rayon Sports yatsinze AS Kigali y’abakinnyi 9 yari ku rwego rwo hasi cyane

Ikipe ya Rayon Sports yisubije icyubahiro yateshejwe na Kiyovu Sports mu minsi ishize,itsinda AS (…)

Umukinnyi wa Arsenal yagonzwe n’imodoka 2 Imana ikinga ukuboko [AMAFOTO]

Umukinnyi witwa Dominic Thompson w’imyaka 18 yagonzwe n’imodoka 2 ubwo yari mu nzira ava mu (…)

Arsenal yafashe umwanzuro ukomeye ugaragaza ko itagikeneye Ozil

Ikipe ya Arsenal yemeye guhomba bikomeye ihitamo kugabanya igiciro cya Mesut Ozil ku (…)

Robertinho yasabye abakinnyi ba Rayon Sports ikintu gikomeye mbere yo guhura na AS Kigali

Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo yasabye abakinnyi be kwitanga ijana (…)

Jose Mourinho yabwiye Pogba icyo yakora kugira ngo yongere kubanza mu kibuga muri Manchester United

Umutoza Jose Mourinho wa Manchester United ufitanye amakimbirane akomeye n’umukinnyi we Paul (…)

Chelsea FC yahangamuye Manchester City yari yarananiranye muri Premier League y’uyu mwaka

Ikipe ya Chelsea ibashije guhagarika Manchester City yari igeze ku munsi wa 16 aho yayitsinze (…)

Pep Guardiola yandagaje Eden Hazard wavuze ko Manchester City idafite umukinnyi umeze nkawe

Umutoza Pep Guardiola wa Manchester City yabwiye abanyamakuru ko adakeneye Eden Hazard ndetse (…)

France Football yakoresheje abanyamakuru batabaho mu kugaragaza amajwi y’uwegukanye Ballon d’Or 2018

Abakunzi ba ruhago bashidikanyije ku buziranenge bw’amajwi yagaragajwe n’ikinyamakuru France (…)

Undi mukinnyi wa Manchester United yigometse kuri Mourinho nyuma ya Paul Pogba

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi,Romelu Lukaku yamaze (…)

Maurizio Sarri yasabye ikintu gikomeye umuherwe Roman Abramovich utihanganira abatoza

Umutoza wa Chelsea,Maurizio Sarri, yatangiye kugira ubwoba bw’akazi ke katari kugenda neza, (…)