skol

Imikino

PSG yahaye akazi gakomeye Liverpool mu mikino ya UEFA Champions League

Ikipe ya Liverpool yaraye itsindiwe ku kibuga cya Parc des Princes mu mujyi wa Paris n’ikipe ya (…)

APR FC yatengushywe bikomeye n’ubusatirizi bwayo imbere ya Club Africain,Mukura VS yitwara neza muri Africa y’Epfo

APR FC yananiwe kubona igitego imbere ya Club Africain mu mukino ubanza wo mu majonjora y’ibanze (…)

Mourinho ari mu mazi abira kubera ibyo yakoreye amacupa y’amazi ku kibuga Old Trafford [AMAFOTO]

Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yaraye akaoze amahano ubwo yakubitaga hasi akantu (…)

Urutonde rw’abakinnyi b’ibyamamare bazwiho gukunda itabi ku buryo bukomeye [AMAFOTO]

Nubwo bitemewe kunywera itabi mu ruhame kuri bimwe mu bibuga byo ku mugabane w’Iburayi ndetse (…)

Arsene Wenger yatangaje ikipe yifuza kwerekezamo mu kwezi kwa mbere

Umutoza Arsene Wenger w’imyaka 69, watoje Arsenal imyaka 22,arifuza guhabwa akazi ko gutoza (…)

Andres Iniesta yibasiriye Jose Mourinho amushinja kurimbura umupira wa Espagne

Umunyabigwi wa FC Barcelona yibasiriye umutoza wa Manchester United Jose Mourinho amushinja (…)

Umutoza wa AS Roma yibasiriye Real Madrid barahura muri UEFA Champions League

Umutoza w’ikipe ya AS Roma, Eusebio Di Francesco yatangaje ko ikipe ya Real Madrid ari umurwayi (…)

Jose Mourinho yatangaje abakinnyi be atifuza ko bitabira umukino wa Young Boys

Umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho,yabwiye abakinnyi be ko udashoboye guhangana (…)

Munezero Fiston akurikiranyweho gutera inda umwana utarageza ku myaka y’ubukure

Myugariro Munezero Fiston ukinira ikipe ya Police FC, yatawe muri yombi n’urwego rw’igihugu (…)

Jose Mourinho ntabwo agishaka Alexis Sanchez muri Manchester United

Umutoza Jose Mourinho yagaragarije Alexis Sanchez ko nta mwanya agifite mu ikipe ya Manchester (…)

Mourinho yafashe umwanzuro utangaje nyuma yo gusuzugurwa n’abakinnyi be

Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yatangaje ko nyuma y’aho abakinnyi be banze gukina (…)

Club Africain yamaze kugera I Kigali guhangana na APR FC [AMAFOTO]

Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere nibwo abakinnyi n’abayobozi ba Club Africain bageze mu Rwanda (…)

N’golo Kante yatumye Eden Hazard afata umwanzuro ukomeye ku hazaza he muri Chelsea

Rutahizamu wa Chelsea Eden Hazard,ntiyishimiye kuba N’golo Kante yahawe umushahara uruta uwe (…)

Tuyisenge Jacques yavuze byinshi kuri Bakame werekeje mu ikipe y’abakeba

Rutahizamu Jacques Tuyisenge ukinira Gor Mahia yatangaje ko bitazongera kumworohera gutsinda (…)