skol

Imikino

Real Madrid yaretse Hazard yimukira ku wundi mukinnyi wo hagati muri Chelsea

Ikipe ya Real Madrid iri mu mazi abira yatangiye kurambagiza umukinnyi usimbura Luka Modric aho (…)

Lionel Messi yagize imvune ikomeye itazamwemerera gukina El Clasico

Rutahizamu w’ibihe byose wa FC Barcelona, Lionel Messi yaraye avunikiye ukuboko bikomeye mu (…)

Bimenyimana Bonfils Caleb afashije Rayon Sports gukura amanota 3 I Rubavu

Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb afashije Rayon Sports gutsindira Etincelles FC igitego 1-0 (…)

Jose Mourinho yashatse gukubita umutoza wungirije wa Chelsea nyuma yo kwishyurwa igitego ku munota wa nyuma

Umutoza wa Chelsea,Jose Mourinho yababajwe n’ukuntu umutoza wungirije wa Chelsea witwa Marco (…)

Paul Pogba yatangaje umukinnyi umurusha umupira muri Premier League

Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United,yatangaje ko umusore Eden Hazard (…)

Buffon yatangaje ikipe atifuza ko PSG yahura nayo ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Umunyezamu wa Paris Saint Germain, Gianluigi Buffon yatangaje ko atifuza ko ikipe akinira ya PSG (…)

APR FC yatangiye neza AZAM Rwanda Premier League 2018/2019

Hakizimana Muhadjiri na APR FC batangiye neza AZAM Rwanda Premier League 2018/2019 batsinda (…)

Wayne Rooney yatangaje bimwe mu bintu abantu batari bazi kuri Manchester United ya Ferguson

Wayne Rooney yatangaje ko umutoza Sir Alex Ferguson atigeze na rimwe ayobora urwambariro rwe (…)

Umukunzi wa Neymar yavuze ko bongeye gutandukana

Umunyamideli ukomoka muri Brazil, Bruna Marquezine yatangaje ko yongeye gutandukana na Neymar Jr (…)

Romelu Lukaku yatangaje intego ikomeye yagiranye na Thierry Henry

Rutahizamu Romelu Lukaku ukinira Manchester United, yatangaje ko yateze na Thierry Henry ko (…)

Tuyisenge Jacques yatangaje ikintu yifuza ko Minisitiri Nyirasafari yakorera Amavubi

Rutahizamu Tuyisenge Jacques ukinira ikipe ya Gor Mahia ndetse n’amavubi,yasabye Minisitiri (…)

Maurizio Sarri utoza Chelsea FC yatangaje ba rutahizamu babiri yifuza gusimbuza Morata

Umutoza wa Chelsea arifuza rutahizamu usimbura Alvaro Morata wasubiye inyuma cyane aho yifuza (…)

Ikipe ishaka gusinyisha Arsene Wenger yamaze kumenyekana

Umutoza Arsene Wenger wahoze atoza ikipe ya Arsenal akayimaramo imyaka 22,biravugwa ko agiye (…)

Hakizimana Muhadjiri niwe mukinnyi wahize abandi mu mwaka w’imikino ushize

Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri ukinira ikipe ya APR FC, niwe utowe nk’umukinnyi wahize abandi (…)