skol

Imikino

Kylian Mbappe yakoze benshi ku mutima kubera impamvu yamuteye guha abatishoboye agahimbazamusyi ke mu gikombe cy’isi

Rutahizamu wa PSG n’igihugu cy’Ubufaransa Kylian Mbappe wishimiwe na benshi kubera ibyo aherutse (…)

Jose Mourinho yahawe urw’amenyo kubera umukinnyi yifuza kugarura muri Manchester United

Umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho yatumye benshi mu bafana b’iyi kipe bongera kumuha (…)

Eden Hazard yatangaje impamvu yifuza kujya muri shampiyona ya La Liga

Umukinnyi wa Chelsea FC,Eden Hazard yatangaje ko yifuza kwerekeza muri Shampiyona ya Espagne,La (…)

Rutahizamu Arda Turan yavuzweho gukubita umuhanzi amuvuna izuru bapfuye umugore we

Rutahizamu Arda Turan wa FC Barcelona watijwe mu ikipe ya Istanbul Basaksehir y’iwabo muri (…)

Sugira Ernest yagarutse mu kibuga, arifuza umwanya uhagije wo gukina (Yavuguruwe)

Sugira umaze umwaka urenga adakina yabwiye abanyamakuru ko yifuza umwanya uhagije wo gukina (…)

Kakule Mugheni Fabrice ashobora gutuma Rayon Sports na Kiyovu Sports bashwana

Umukinnyi Kakule Mugheni Fabrice uherutse gusinyira Rayon Sports imbanzirizamasezerano kandi (…)

Tuyishime Eric ‘Congolais’ yatangaje impamvu yatumye Rayon Sports itamushyira ku rutonde rw’abakinnyi izakoresha

Umukinnyi Tuyishime Eric uzwi nka Congolais uherutse kugurwa na Rayon Sports avuye muri APR FC (…)

Dolph Lundgren yavuze uburyo umugore we yamuzaniraga abagore benshi ngo abasambanye mu kivunge

Umukinnyi wa filimi wakunzwe na benshi mu batuye isi,yavuze ko umugore we Grace Jones uzwi muri (…)

Rayon sports niyo kipe yo mu Rwanda iza hafi ku rutonde rw’amakipe akomeye muri Afurika

Ikinyamakuru mpuzamahanga Euro Top Teams gikora intonde z’amakipe ahagaze neza buri mwaka mu (…)

Masudi Djuma yavuze ku byerekeye kwerekeza mu ikipe ya Yanga Africans

Umutoza Masudi Irambona Djuma uherutse gusesa amasezerano n’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania, (…)

Paul Pogba yemereye impano ikomeye abakinnyi b’Ubufaransa batwaye igikombe cy’isi 2018

Umukinnyi Paul Pogba ukinira ikipe ya Manchester United n’Ubufaransa yatangaje ko azagurira (…)

Alvaro Morata yaciye intege abakunzi ba Chelsea kubera amagambo yavuze kuri Hazard

Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea Alvaro Morata yatangaje ko nta bushobozi Chelsea FC ifite bwo (…)

Manchester United ishobora gutakaza amahirwe yo kubona Zinedine Zidane

Bimaze iminsi bivugwa ko ikipe ya Manchester United yifuza gusinyisha Zinedine Zidane kugira ngo (…)

Rayon Sports yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 28 izakoresha mu mwaka w’imikino 2018-2019 barimo Bakame

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyikiriza FERWAFA urutonde rw’abakinnyi 28 izakoresha mu mwaka (…)