skol

Umuziki

Icyamamare muri muzika Quincy Jones yapfuye ku myaka 91

Quincy Jones, umunyamuziki n’umuhanga mu gutunganya muzika wakoranye na Michael Jackcon, Frank (…)

Shaddyboo yishongoye ku bamwita ‘mukecuru’, abagenera ubutumwa

Shaddyboo uherutse kwegukana igihembo cy’umugore mwiza muri ‘Diva Awards’ yishongoye ku bamwita (…)

Young Thug yakatiwe imyaka 15 isubitse ahabwa amabwiriza akakaye

Umuraperi w’icyamamare w’umunyamerika, Young Thug, warumaze imyaka 2 n’igice muri gereza aburana (…)

Element yaciye agahigo ko gukorera indirimbo Diamond na Zuchu

Mugisha Robinson wamenye mu gutunganya indirimbo no kuririmba nka Element, yaciye agahigo ko (…)

Fireman yakomoje ku ’gahinda gakabije’ yarwariye mu muziki

Umuraperi Fireman uri mu bakomeye mu Rwanda muri iyo njyana, yemereye IGIHE ko yarwaye (…)

Ross Kana yiyemeje kugaruka mu muziki mu isura nshya

Ross Kana umaze amezi umunani nta ndirimbo, yatangaje ko yari ahugiye mu bikorwa bya album ye (…)

Afurika y’Epfo igiye kwambura ibyangombwa Nyampinga wayo

Nyampinga (Miss) Chidimma Adetshina, wabaye izingiro ry’impaka zijyanye n’ubwenegihugu, agiye (…)

Harmonize yanyomoje amakuru yavugaga ko agiye gusubirana na Kajala

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi cyane nka Harmonize, yahakanye amakuru y’ibihuha bimaze iminsi (…)

Icyo Yemi Alade yifuza kuwazamubera umugabo kiratangaje

Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Nigeria, Yemi Eberechi Alade uzwi cyane nka Yemi Alade yagarutse (…)

Dore icyateye Neftlix gusubika gushyira hanze filime ivuga ku buzima bwa Liam Payne uherutse gupfa

Urubuga rwa Netflix rusanzwe rutunganya filime rukanazerekaa, rwasubitse gushyira hanze iyo (…)

Israel Mbonyi yateguje igitaramo Amb. Nduhungirehe amugira inama

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyicyambu uzwi nka Israel Mbonyi (…)

Eric Senderi yateguje abakunzi be indirimbo nshya yise Bazayomba

Umuhanzi uzwi kandi unakunzwe n’abatari bake mu muziki nyarwanda Eric Senderi uzwi nka Senderi (…)

Hagiye gushyirwa hanze indi album ya Buravan

Mukuru wa Yvan Buravan witwa Burabyo Fernand, yatangaje ko hari album nshya ya y’uyu muhanzi (…)

Bebe Cool asanga ubuhanzi butatandukanwa no kwambara ubusa n’amashusho y’urukozasoni

Mu gihe yitegura gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo nshya yita ko adasanzwe, umuhanzi (…)

Bruce Melodie yakomoje ku mpamvu yajyanye Bahati mu gitaramo yakoreye i Rubavu

Bruce Melodie ubwo yataramiraga mu Karere ka Rubavu muri ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, (…)