skol

Umuziki

Zari yabwiye umugabo we Shakib ko mu minsi mike azaba yabonye uwo amusimbuza

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The (…)

Kidum yanditse amateka avuguruye, Jules Sentore aratungurana

Umuhanzi Nimbona Jean Pierre [Kidum Kibido] ufite izina rikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba, (…)

Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye

Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha Bénjamin ’The (…)

Sheebah Karungi wakoreye igitaramo i Kigali yatahanye agahinda kubera ibyuma

Sheebah Karungi yakoreye igitaramo i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, aho yavuye (…)

Kevin Kade yavuze ku ndirimbo ye Sikosa yavugishije benshi itarasohoka

Uwavuga ko indirimbo “Sikosa” ya Kevin Kade, The Ben na Element yabaye isereri mu mitwe ya (…)

Umwotsi ukomeje gucumba: Ibintu bikomeje kuba bibi hagati ya Zari na Shakib bapfa Diamond

Mu gihe umuherwekazi Zari Hassan n’umugabo we Shakib Lutaaya bakomeje guterana amagambo ku mbuga (…)

Bulldog yatunze agatoki Riderman

Bulldogg yatunze agatoki Riderman, avuga ko iyo aza kuba umuntu mukuru, yari kumureka ubwo (…)

Bobi Wine yashimiye umugore we nyuma yo kubona impamyabumenyi

Umuhanzi akaba n’umunyapolitiki Robert Kyaguranyi Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine yashimiye (…)

Umuraperi Nelly yafunzwe

Umuraperi Cornell Iral Haynes II wamamaye nka Nelly yafunzwe azira gufatanwa ibiyobyabwenge.

Element yashyize umucyo ku kibazo cy’indirimbo yahuriyemo na The Ben

Umuhanzi akaba n’umwe mu batunganya imiziki mu Rwanda Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element (…)

Riderman yasubije abamusaba kuziyamamariza umwanya w’ubudepite

Mu minsi ishize ubwo u Rwanda rwari mu bihe by’amatora, Riderman yanyarukiye ku rubuga rwa (…)

Yaratugambaniye ngo badufunge ,Paul Okoye avuga kumpangaye Peter Okoye

Umuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rude Boy wamamaye mu itsinda rya P-Square n’impanga ye, Peter (…)

Kidum agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo yatewe inkuga na SKOL

Jean-Pierre Nimbona wamenyekanye nka Kidum agiye kongera gutaramira i Kigali mu gitaramo cyo (…)

Hatangajwe abandi baraperi bazitabira igitaramo cya Riderman na Bulldog

Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye (…)

Alyn Sano yavuze ku mashusho ye bamwe bafashe nk’ay’ubusambanyi amaze iminsi arikoroza ku mbuga nkoranyambaga

Alyn Sano uherutse kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, yigaramye amashusho yari amaze iminsi (…)