Imbaga y’abantu bateraniye imbere y’Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko ya Irlande mu Murwa mukuru wa Dublin, bigaragambya basaba ubutabera nyuma y’urupfu rwa Yves Sakila, umugabo wakomokaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urupfu rw’umugabo ukomoka muri DRC rwateje imyigaragambyo muri Irlande
21 May, by ISIMBI Estella -
HBO yashyize akadomo kuri Euphoria, imwe mu filime zakunzwe cyane
1 June, by ISIMBI EstellaTeleviziyo ya HBO yatangaje ko filime yayo y’uruhererekane yamenyekanye cyane ku izina rya Euphoria igeze ku musozo wayo wa nyuma, nyuma y’igihe kinini yarakurikiwe n’abafana hirya no hino ku Isi, harimo n’ab’i Rwanda.
-
Elon Musk abaye uwa mbere ku isi utunze tiliyari y’amadolari mu gihe agaciro ka SpaceX katumbagiye
13 June, by ISIMBI EstellaKu wa gatanu, Elon Musk yabaye umuntu wa mbere ku isi utunze tiliyari y’amadolari y’Amerika, nyuma yuko imigabane ye muri kompanyi ye SpaceX y’ibyogajuru yiyongereye cyane mu itangira rya mbere rinini cyane ribayeho kugeza ubu ryo ku isoko ry’imari n’imigabane.
-
Amakuru mashya: Hakuweho ibihano byari byafatiwe abakinnyi babiri b’u Rwanda bari bahagaritswe umwaka
10 July, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) ryakuyeho ibihano byo guhagarika abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Ntore Habimana na Mpoyo Axel Olenga, bari bahagaritswe umwaka wose, nyuma yo kwanga kwitaba ubutumire bw’Ikipe y’Igihugu.
-
FERWAFA yijeje gukemura ikibazo cy’ibirarane by’amafaranga y’abasifuzi vuba
13 May, by Angeline MUKANGENZIIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri gukurikirana ikibazo cy’abasifuzi b’imikino bamaze hafi amezi atatu batabona amafaranga ndetse ryizeza ko kizakemuka vuba.
-
U Bufaransa Bwataye Muri Yombi Ubwato bwa Peteroli bw’u Burusiya
1 June, by Angeline MUKANGENZIUbufaransa bwafashe ubwato butwara peteroli bwari buvuye mu Burusiya, bukekwaho kunyuranya n’ibihano mpuzamahanga, nk’uko Perezida Emmanuel Macron yabitangaje ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 01 Kamena 2026.
-
Murwanashyaka Damier wagizwe Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ni muntu ki?
13 June, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yashyizeho Damien Murwanashyaka nka Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ku wa 11 Kamena, amuzanira inshingano afite ubunararibonye bw’imyaka irenga 15 mu bijyanye n’ubwubatsi, imiyoborere y’imishinga, igenamigambi ry’ingengo y’imari n’iterambere ry’ibikorwa remezo.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw mu minsi itanu
14 May, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko kuva ku wa 4 kugera ku wa 8 Gicurasi 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw, avuye muri toni 9.352 toni.
-
Dosiye ya Yampano yashyikirijwe Ubushinjacyaha
21 May, by ISIMBI EstellaDosiye ya Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano umaze iminsi atawe muri yombi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kuri uyu wa 21 Gicurasi 2026 akaba akurikiranyweho ibyaha birindwi.
-
Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi
10 July, by Angeline MUKANGENZIAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), bagaragaje ko bitumvikana uburyo Ikigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu Rwanda (Rwanda Medical Supply Ltd) cyaguze intebe za miliyoni 11 Frw nyuma y’amezi arindwi zigahita zigira ibibazo byatumye zidakoreshwa.
Umuryango.rw
Urupfu rw’umugabo ukomoka muri DRC rwateje imyigaragambyo muri Irlande
HBO yashyize akadomo kuri Euphoria, imwe mu filime zakunzwe cyane
Amakuru mashya: Hakuweho ibihano byari byafatiwe abakinnyi babiri b’u Rwanda bari bahagaritswe umwaka
U Bufaransa Bwataye Muri Yombi Ubwato bwa Peteroli bw’u Burusiya
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw mu minsi itanu
Dosiye ya Yampano yashyikirijwe Ubushinjacyaha
Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi