Perezida Paul Kagame yashyizeho Damien Murwanashyaka nka Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ku wa 11 Kamena, amuzanira inshingano afite ubunararibonye bw’imyaka irenga 15 mu bijyanye n’ubwubatsi, imiyoborere y’imishinga, igenamigambi ry’ingengo y’imari n’iterambere ry’ibikorwa remezo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Murwanashyaka Damier wagizwe Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ni muntu ki?
13 June, by ISIMBI Estella -
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw mu minsi itanu
14 May, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko kuva ku wa 4 kugera ku wa 8 Gicurasi 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw, avuye muri toni 9.352 toni.
-
Dosiye ya Yampano yashyikirijwe Ubushinjacyaha
21 May, by ISIMBI EstellaDosiye ya Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano umaze iminsi atawe muri yombi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kuri uyu wa 21 Gicurasi 2026 akaba akurikiranyweho ibyaha birindwi.
-
Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi
10 July, by Angeline MUKANGENZIAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), bagaragaje ko bitumvikana uburyo Ikigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu Rwanda (Rwanda Medical Supply Ltd) cyaguze intebe za miliyoni 11 Frw nyuma y’amezi arindwi zigahita zigira ibibazo byatumye zidakoreshwa.
-
RDC: Abaturage batwitse ibitaro byavurirwagamo abarwayi ba Ebola
22 May, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bagize umujinya batwika ihema rigize ibitaro bya Rwampara byavurirwagamo abarwayi ba Ebola mu Burasirazuba bwa RDC, nyuma y’uko inshuti n’abavandimwe b’umwe mu bo yahitanye babujijwe kujyana umurambo we ngo bajye kuwushyingura.
-
South Africa: Hashyizweho komite yo kwiga ku kweguza perezida Ramaphosa
1 June, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yashyizeho komite idasanzwe igamije gusuzuma niba hari impamvu zishingiye ku mategeko zatuma Perezida Cyril Ramaphosa avanwa ku butegetsi kubera ikibazo kizwi nka “Phala Phala scandal”.
-
OMS: Abanduye Ebola muri RDC bashobora kuba barenze cyane abatangazwa
13 June, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, World Health Organization (OMS), ryagaragaje impungenge ku buryo icyorezo cya Ebola gikomeje kwiyongera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rishimangira ko umubare nyawo w’abanduye ushobora kuba uri hejuru cyane y’uwamaze gutangazwa.
-
Marchal Ujeku yatawe muri yombi
22 May, by Angeline MUKANGENZIUjekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ku wa 20 Gicurasi 2026 akurikiranyweho ibyaha birimo icy’Ubuhemu n’icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
-
U Rwanda ruza imbere muri OIF mu gutanga ingabo mu butumwa bw’amahoro
22 May, by Angeline MUKANGENZIuverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira ko itazatezuka gutanga umusanzu wayo mu Butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko kugeza ubu u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere mu Muryango w’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Muri rusange u Rwanda ruza ku mwanya wa kabiri ku Isi mu bihugu 117 byohereza ingabo mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro buri mwaka, rukurikiye igihugu cya Nepal.
-
Uganda: Umurambo wa Paulo Kafeero wataburuwe mu iperereza rya ADN ku bivugwa ko ari abana be
1 June, by ISIMBI EstellaKu wa Mbere tariki ya 1 Kamena 2026, mu gihugu cya Uganda habaye igikorwa cyihariye cyo kongera gutaburura umurambo w’umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Kadongo Kamu, Prince Paul Kafeero, uzwi cyane nka Paulo Kafeero. Icyo gikorwa cyari kigamije gufata ibipimo bya ADN bizafasha gusobanura impaka zimaze imyaka myinshi ku bijyanye n’abavuga ko ari abana be.
Umuryango.rw
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw mu minsi itanu
Dosiye ya Yampano yashyikirijwe Ubushinjacyaha
Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi
South Africa: Hashyizweho komite yo kwiga ku kweguza perezida Ramaphosa
OMS: Abanduye Ebola muri RDC bashobora kuba barenze cyane abatangazwa
Marchal Ujeku yatawe muri yombi
U Rwanda ruza imbere muri OIF mu gutanga ingabo mu butumwa bw’amahoro
Uganda: Umurambo wa Paulo Kafeero wataburuwe mu iperereza rya ADN ku bivugwa ko ari abana be