Tanzaniya yahagaritse Inama za politike mu gihugu hose kugeza igihe hazatangarizwa indi myanzuro, ivuga ko ari mu rwego rwo kurinda umutekano w’igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose
27 June, by ISIMBI Estella -
Tiwa Savage yakebuye abahanzi bararikira ’Labels’ zidashinga
21 May, by ISIMBI EstellaTiwa Savage yasinye muri Mavin Records mu 2012 ayisezera mu 2019 agiye muri Universal Music Group (UMG) yari yamwijeje kwamamaza umuziki we mu bihugu birenga 60 akaba umuhanzikazi ukunzwe ku isi hose.
-
Amerika na Iran byongeye Guhangana
1 June, by Angeline MUKANGENZIUbushyamirane hagati ya Amerika na Iran bwongeye gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya Amerika gitangaje ko cyagabye ibitero ku birindiro bya radar ndetse n’ibigo biyobora indege zitagira abapilote (drones) bya Iran mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi.
-
Burera: Abanyeshuri bishe mugenzi wabo
12 June, by Angeline MUKANGENZIMu ishuri ryisumbuye rya Kagogo riherereye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera habaye gushyamirana gukomeye kw’abanyeshuri, umwe bimuviramo urupfu.
-
Butera Knowless yatangije umuryango ugamije gufasha abakobwa batewe inda n’ababyeyi barera abana bonyine
27 June, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Butera Knowless yatangaje ko yatangije umuryango wita ku mibereho myiza witwa Butera Cares Foundation, ufite intego yo gufasha abakobwa batewe inda zitateganyijwe, cyane cyane abahuye n’ihohoterwa, ndetse n’ababyeyi barera abana bonyine bafite ibibazo by’ubukene.
-
Amajyepfo: Polisi yangije ibiyobyabwenge birimo ibiro 480 by’urumogi
21 May, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage, yangije ibiybyabwenge bitandukanye birimo ibiro 400 by’urumogi na litiro zirenga 460 za kanyanga ndetse na litiro zirenga 35 z’ibikwangari.
-
AFC/M23 yishe umujenerali ukomeye wakoranaga na FDLR
1 June, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryarasiye muri Teritwari ya Masisi umwe mu bayobozi bo mu mitwe ya Nyatura uzwi nka ‘Général’ Mutayomba.
-
Rulindo: Amashusho y’umugore wakubitaga umugabo mu buryo bukomeye akomeje kuvugisha benshi
12 June, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, bafashe amashusho y’umugore wari urimo gukubita mu buryo bukomeye umugabo we amuziza ko yararanye n’indaya mu gasozi kandi atasize amafaranga yo guhaha.
-
Philippine: Amasasu yavuze muri Sena
13 May, by Angeline MUKANGENZIAmasasu abarirwa muri 15 yumvikanye muri Sena ya Philippine nyuma y’uko Polisi n’ingabo zirwanira mu mazi zinjiye mu cyumba cy’inteko bashaka guta muri yombi umwe mu Basenateri ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha.
-
Kenya: Bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana umugambi wa Amerika wo kubaka ikigo cya Ebola
1 June, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 01 Kamena 2026, Bamwe mu baturage ba Kenya bahuriye mu mujyi wa Nanyuki, mu ntara ya Laikipia iri rwagati muri Kenya, mu myigaragambyo yo kwamagana umugambi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wo kuhubaka ikigo kizajya cyakirirwamo Abanyamerika barwaye Ebola cyangwa bakekwaho kuba barahuye n’abayirwaye.
Umuryango.rw
Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose
Tiwa Savage yakebuye abahanzi bararikira ’Labels’ zidashinga
Burera: Abanyeshuri bishe mugenzi wabo
Butera Knowless yatangije umuryango ugamije gufasha abakobwa batewe inda n’ababyeyi barera abana bonyine
Amajyepfo: Polisi yangije ibiyobyabwenge birimo ibiro 480 by’urumogi
AFC/M23 yishe umujenerali ukomeye wakoranaga na FDLR
Rulindo: Amashusho y’umugore wakubitaga umugabo mu buryo bukomeye akomeje kuvugisha benshi