Igisirikare cya Israel cyigaruriye ahantu hakomeye mu majyepfo ya Libani, mu cyo Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu yavuze ko ari "impinduka zikomeye" mu gitero bagabye ku mutwe wa Hezbollah.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibitero Israel ikomeje kugaba muri liban byasize yigaruriye ingoro ikomeye .
1 June, by Angeline MUKANGENZI -
Ingabo za Nigeria zimaze kwica ibyihebe ibuhumbi cumi na bitatu
12 June, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Nigeria, Bola Tinubu yatangaje ko ingabo z’igihugu zishe abarwanyi b’imitwe y’iterabwabo 13000 mu mwaka ushize wa 2025.
-
Perezida Gnassingbé ari i Kigali
13 May, by ISIMBI EstellaPerezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi.
-
Uganda: Iperereza nyuma y’uko umugabo apfuye ari gukora imibonano mpuzabitsina mu gihuru
21 May, by ISIMBI EstellaIgipolisi muri Uganda cyatangaje ko kirimo gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 50 wapfuye ku wa mbere nijoro arimo gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore utari uwe ubwo bari mu gihuru.
-
Perezida Macron yanenze ibikorwa bigayitse by’abafana ba PSG
1 June, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yanenze bikomeye ibikorwa byakozwe n’abaturage bo muri iki gihugu ubwo bishimiraga intsinzi y’ikipe ya Paris Saint-Germain iherutse kwegukana igikombe cya UEFA Champions League, byateje umutekano muke mu gihugu.
-
DR Congo: Martin Fayuku yakomerekeye mu myigaragambyo ku nteko ishingamategeko i Kinshasa
12 June, by Angeline MUKANGENZIUmukuru w’abatavugarumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Martin Fayuku, yakomerekeye mu myigaragambyo yabereye hafi y’inteko ishingamategeko mu murwa mukuru Kinshasa kuri uyu wa gatanu.
-
Ingabo z’u Rwanda zungutse abasirikare bafite imyitozo yisumbuyeho mu kurwana urugamba rwo ku butaka
10 July, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare i Gabiro mu Karere ka Gatsibo, hasojwe amahugurwa yo ku rwego rwisumbuye yagenewe Ingabo zirwanira ku butaka zo muri Brigade ya 507 ya RDF, zanagaragaje imwe mu myitozo zahawe.
-
Amafaranga Polisi y’u Rwanda yarangishaga yabonye nyirayo
13 May, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda yashyikirije amafaranga ibihumbi 500 Frw nyirayo nyuma yuko yari yayataye mu muhanda Remera-Giporoso mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ikayarangisha.
-
Rukomeje kwambikana hagati ya Ruto n’uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya
21 May, by Angeline MUKANGENZIUwahoze ari Visi Perezida wa Kenya akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Democracy for the Citizens Party, Rigathi Gachagua, yongeye kwibasira Perezida William Ruto basasanzwe bacana uwaka.
-
Elon Musk yabaye umuntu wa mbere utunze miliyari 1000$
12 June, by Angeline MUKANGENZIElon Musk yanditse amateka ku Isi nyuma yo kuba umuntu wa mbere ugize umutungo ubarirwa muri miliyari z’amadolari.
Umuryango.rw
Perezida Gnassingbé ari i Kigali
Perezida Macron yanenze ibikorwa bigayitse by’abafana ba PSG
DR Congo: Martin Fayuku yakomerekeye mu myigaragambyo ku nteko ishingamategeko i Kinshasa
Ingabo z’u Rwanda zungutse abasirikare bafite imyitozo yisumbuyeho mu kurwana urugamba rwo ku butaka
Rukomeje kwambikana hagati ya Ruto n’uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya