Abantu benshi bashorwa mu bikorwa byo kubaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko kubera kwizera abantu bababwira ko “baziranye” n’abakora mu nzego zitanga ibyangombwa byo kubaka, bikarangira bahombye amafaranga menshi ndetse bakaba bashobora no gukurikiranwa n’amategeko. Ntibikiri ikibazo kuko B.CONSULTANT LTD yaje gufasha ababishaka gutandukana n’ibyo bibazo ndetse n’ibihombo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
B.CONSULTANT LTD izanye ibisubizo ku bashaka ibyangombwa byo kubaka byemewe n’amategeko
13 May, by Angeline MUKANGENZI -
Muhanga: Abatamenyekanye bashatse kwiba ibikoresho by’umunara w’itumanaho, abaturage babatesheje bahasiga imodoka
21 May, by Angeline MUKANGENZIAbantu bataramenyekana mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga bagerageje kwiba ibikoresho byo ku munara wa sosiyete y’itumanaho imwe mu zikorera mu Rwanda, uherereye mu Mudugudu wa Munyinya, Akagari ka Ruli mu Murenge wa Shyogwe, ariko abaturage batabaza inzego z’umutekano, ababyibaga babitaho barahunga bahasiga imodoka.
-
Umusore wo mu karere ka Kamonyi yafatiwe mu cyuho amaze kwiba ihene eshatu
1 June, by Angeline MUKANGENZIMu karere ka Kamonyi umurenge wa Nyamiyaga, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2026, police ifatanyije n’abaturage, yafatiye mu cyuho umusore amaze kwiba ihene eshatu.
-
Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose
27 June, by ISIMBI EstellaTanzaniya yahagaritse Inama za politike mu gihugu hose kugeza igihe hazatangarizwa indi myanzuro, ivuga ko ari mu rwego rwo kurinda umutekano w’igihugu.
-
Tiwa Savage yakebuye abahanzi bararikira ’Labels’ zidashinga
21 May, by ISIMBI EstellaTiwa Savage yasinye muri Mavin Records mu 2012 ayisezera mu 2019 agiye muri Universal Music Group (UMG) yari yamwijeje kwamamaza umuziki we mu bihugu birenga 60 akaba umuhanzikazi ukunzwe ku isi hose.
-
Amerika na Iran byongeye Guhangana
1 June, by Angeline MUKANGENZIUbushyamirane hagati ya Amerika na Iran bwongeye gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya Amerika gitangaje ko cyagabye ibitero ku birindiro bya radar ndetse n’ibigo biyobora indege zitagira abapilote (drones) bya Iran mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi.
-
Burera: Abanyeshuri bishe mugenzi wabo
12 June, by Angeline MUKANGENZIMu ishuri ryisumbuye rya Kagogo riherereye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera habaye gushyamirana gukomeye kw’abanyeshuri, umwe bimuviramo urupfu.
-
Butera Knowless yatangije umuryango ugamije gufasha abakobwa batewe inda n’ababyeyi barera abana bonyine
27 June, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Butera Knowless yatangaje ko yatangije umuryango wita ku mibereho myiza witwa Butera Cares Foundation, ufite intego yo gufasha abakobwa batewe inda zitateganyijwe, cyane cyane abahuye n’ihohoterwa, ndetse n’ababyeyi barera abana bonyine bafite ibibazo by’ubukene.
-
Amajyepfo: Polisi yangije ibiyobyabwenge birimo ibiro 480 by’urumogi
21 May, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage, yangije ibiybyabwenge bitandukanye birimo ibiro 400 by’urumogi na litiro zirenga 460 za kanyanga ndetse na litiro zirenga 35 z’ibikwangari.
-
AFC/M23 yishe umujenerali ukomeye wakoranaga na FDLR
1 June, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryarasiye muri Teritwari ya Masisi umwe mu bayobozi bo mu mitwe ya Nyatura uzwi nka ‘Général’ Mutayomba.
Umuryango.rw
B.CONSULTANT LTD izanye ibisubizo ku bashaka ibyangombwa byo kubaka byemewe n’amategeko
Muhanga: Abatamenyekanye bashatse kwiba ibikoresho by’umunara w’itumanaho, abaturage babatesheje bahasiga imodoka
Umusore wo mu karere ka Kamonyi yafatiwe mu cyuho amaze kwiba ihene eshatu
Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose
Tiwa Savage yakebuye abahanzi bararikira ’Labels’ zidashinga
Burera: Abanyeshuri bishe mugenzi wabo
Butera Knowless yatangije umuryango ugamije gufasha abakobwa batewe inda n’ababyeyi barera abana bonyine
Amajyepfo: Polisi yangije ibiyobyabwenge birimo ibiro 480 by’urumogi
AFC/M23 yishe umujenerali ukomeye wakoranaga na FDLR