Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) ryakuyeho ibihano byo guhagarika abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Ntore Habimana na Mpoyo Axel Olenga, bari bahagaritswe umwaka wose, nyuma yo kwanga kwitaba ubutumire bw’Ikipe y’Igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakuru mashya: Hakuweho ibihano byari byafatiwe abakinnyi babiri b’u Rwanda bari bahagaritswe umwaka
10 July, by ISHIMWE Jean de Dieu -
FERWAFA yijeje gukemura ikibazo cy’ibirarane by’amafaranga y’abasifuzi vuba
13 May, by Angeline MUKANGENZIIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri gukurikirana ikibazo cy’abasifuzi b’imikino bamaze hafi amezi atatu batabona amafaranga ndetse ryizeza ko kizakemuka vuba.
-
U Bufaransa Bwataye Muri Yombi Ubwato bwa Peteroli bw’u Burusiya
1 June, by Angeline MUKANGENZIUbufaransa bwafashe ubwato butwara peteroli bwari buvuye mu Burusiya, bukekwaho kunyuranya n’ibihano mpuzamahanga, nk’uko Perezida Emmanuel Macron yabitangaje ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 01 Kamena 2026.
-
Murwanashyaka Damier wagizwe Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ni muntu ki?
13 June, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yashyizeho Damien Murwanashyaka nka Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ku wa 11 Kamena, amuzanira inshingano afite ubunararibonye bw’imyaka irenga 15 mu bijyanye n’ubwubatsi, imiyoborere y’imishinga, igenamigambi ry’ingengo y’imari n’iterambere ry’ibikorwa remezo.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw mu minsi itanu
14 May, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko kuva ku wa 4 kugera ku wa 8 Gicurasi 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw, avuye muri toni 9.352 toni.
-
Dosiye ya Yampano yashyikirijwe Ubushinjacyaha
21 May, by ISIMBI EstellaDosiye ya Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano umaze iminsi atawe muri yombi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kuri uyu wa 21 Gicurasi 2026 akaba akurikiranyweho ibyaha birindwi.
-
Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi
10 July, by Angeline MUKANGENZIAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), bagaragaje ko bitumvikana uburyo Ikigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu Rwanda (Rwanda Medical Supply Ltd) cyaguze intebe za miliyoni 11 Frw nyuma y’amezi arindwi zigahita zigira ibibazo byatumye zidakoreshwa.
-
RDC: Abaturage batwitse ibitaro byavurirwagamo abarwayi ba Ebola
22 May, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bagize umujinya batwika ihema rigize ibitaro bya Rwampara byavurirwagamo abarwayi ba Ebola mu Burasirazuba bwa RDC, nyuma y’uko inshuti n’abavandimwe b’umwe mu bo yahitanye babujijwe kujyana umurambo we ngo bajye kuwushyingura.
-
South Africa: Hashyizweho komite yo kwiga ku kweguza perezida Ramaphosa
1 June, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yashyizeho komite idasanzwe igamije gusuzuma niba hari impamvu zishingiye ku mategeko zatuma Perezida Cyril Ramaphosa avanwa ku butegetsi kubera ikibazo kizwi nka “Phala Phala scandal”.
-
OMS: Abanduye Ebola muri RDC bashobora kuba barenze cyane abatangazwa
13 June, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, World Health Organization (OMS), ryagaragaje impungenge ku buryo icyorezo cya Ebola gikomeje kwiyongera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rishimangira ko umubare nyawo w’abanduye ushobora kuba uri hejuru cyane y’uwamaze gutangazwa.
Umuryango.rw
Amakuru mashya: Hakuweho ibihano byari byafatiwe abakinnyi babiri b’u Rwanda bari bahagaritswe umwaka
U Bufaransa Bwataye Muri Yombi Ubwato bwa Peteroli bw’u Burusiya
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw mu minsi itanu
Dosiye ya Yampano yashyikirijwe Ubushinjacyaha
Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi
South Africa: Hashyizweho komite yo kwiga ku kweguza perezida Ramaphosa
OMS: Abanduye Ebola muri RDC bashobora kuba barenze cyane abatangazwa