Ikimasa cyo muri Bangladesh bivugwa ko gisa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump gikomeje kuvugisha abantu ku mbuga nkoranyambaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ikimasa ‘gisa na Trump’ gikomeje guca ibintu
21 May, by Angeline MUKANGENZI -
APR FC yakiriwe ishimirwa ibikombe 3 yegukanye mu 2025/26
1 June, by ISIMBI EstellaUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga yakiriye ku meza abakinnyi n’abatoza b’ikipe ya APR FC ku Birindiro Bikuru by’Ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura, agamije kubashimira ibikombe bitatu begukanye mu mwaka w’imikino wa 2025/26.
-
Ndahiro Valens pappy yatsinze urubanza
12 June, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo kugira umwere Ndambendore Valens uzwi nka Ndahiro Valens Papy ku byaha yari akurikiranyweho birimo gutukana mu ruhame no gutangaza amakuru y’ibihuha.
-
Espagne: Abantu nibura 11 bishwe n’umuriro w’agasozi naho abandi 19 baburiwe irengero
10 July, by ISIMBI EstellaAbantu nibura 11 bapfuye naho abandi 19 baburiwe irengero mu muriro w’agasozi mu majyepfo ya Espagne, nkuko umutegetsi w’akarere ka Andalusia, Juanma Moreno, yabitangaje.
-
B.CONSULTANT LTD izanye ibisubizo ku bashaka ibyangombwa byo kubaka byemewe n’amategeko
13 May, by Angeline MUKANGENZIAbantu benshi bashorwa mu bikorwa byo kubaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko kubera kwizera abantu bababwira ko “baziranye” n’abakora mu nzego zitanga ibyangombwa byo kubaka, bikarangira bahombye amafaranga menshi ndetse bakaba bashobora no gukurikiranwa n’amategeko. Ntibikiri ikibazo kuko B.CONSULTANT LTD yaje gufasha ababishaka gutandukana n’ibyo bibazo ndetse n’ibihombo.
-
Muhanga: Abatamenyekanye bashatse kwiba ibikoresho by’umunara w’itumanaho, abaturage babatesheje bahasiga imodoka
21 May, by Angeline MUKANGENZIAbantu bataramenyekana mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga bagerageje kwiba ibikoresho byo ku munara wa sosiyete y’itumanaho imwe mu zikorera mu Rwanda, uherereye mu Mudugudu wa Munyinya, Akagari ka Ruli mu Murenge wa Shyogwe, ariko abaturage batabaza inzego z’umutekano, ababyibaga babitaho barahunga bahasiga imodoka.
-
Umusore wo mu karere ka Kamonyi yafatiwe mu cyuho amaze kwiba ihene eshatu
1 June, by Angeline MUKANGENZIMu karere ka Kamonyi umurenge wa Nyamiyaga, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2026, police ifatanyije n’abaturage, yafatiye mu cyuho umusore amaze kwiba ihene eshatu.
-
Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose
27 June, by ISIMBI EstellaTanzaniya yahagaritse Inama za politike mu gihugu hose kugeza igihe hazatangarizwa indi myanzuro, ivuga ko ari mu rwego rwo kurinda umutekano w’igihugu.
-
Tiwa Savage yakebuye abahanzi bararikira ’Labels’ zidashinga
21 May, by ISIMBI EstellaTiwa Savage yasinye muri Mavin Records mu 2012 ayisezera mu 2019 agiye muri Universal Music Group (UMG) yari yamwijeje kwamamaza umuziki we mu bihugu birenga 60 akaba umuhanzikazi ukunzwe ku isi hose.
-
Amerika na Iran byongeye Guhangana
1 June, by Angeline MUKANGENZIUbushyamirane hagati ya Amerika na Iran bwongeye gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya Amerika gitangaje ko cyagabye ibitero ku birindiro bya radar ndetse n’ibigo biyobora indege zitagira abapilote (drones) bya Iran mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi.
Umuryango.rw
Ikimasa ‘gisa na Trump’ gikomeje guca ibintu
APR FC yakiriwe ishimirwa ibikombe 3 yegukanye mu 2025/26
Ndahiro Valens pappy yatsinze urubanza
B.CONSULTANT LTD izanye ibisubizo ku bashaka ibyangombwa byo kubaka byemewe n’amategeko
Muhanga: Abatamenyekanye bashatse kwiba ibikoresho by’umunara w’itumanaho, abaturage babatesheje bahasiga imodoka
Umusore wo mu karere ka Kamonyi yafatiwe mu cyuho amaze kwiba ihene eshatu
Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose
Tiwa Savage yakebuye abahanzi bararikira ’Labels’ zidashinga