Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Iran imuhiga bukware, avuga ko ari we muntu wa mbere kiriya gihugu gishaka kwivugana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yatangaje ko Iran imuhiga bukware
9 July, by Angeline MUKANGENZI -
Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe urw’agashinyaguro, hatangiye guhigwa abakekwaho uruhare mu rupfu rwe
11 June, by ISIMBI EstellaInzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye iperereza rikomeye ryo gushakisha uwishe umukobwa w’imyaka 17 wishwe mu buryo bw’agashinyaguro mu ijoro ryo ku wa 11 Kamena 2026.
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 32 ku isi mu bihugu bifte umwuka wanduye
9 July, by Angeline MUKANGENZIRaporo y’ibipimo by’ubwiza bw’umwuka yakozwe mu 2025, igaragaza ko u Rwanda ruza ku mwanya wa 32 ku isi mu bihugu bifite umwuka wanduye, aho rwagize impuzandengo y’igipimo cya 64 ku gipimo cya AQI (Air Quality Index).
-
UEFA Europa League: Aston Villa yegukanye igikombe, Unai Emery akora amateka
21 May, by Angeline MUKANGENZIAston Villa yo mu Bwongereza yatsinze Freiburg yo mu Budage ibitego 3-0 yegukanye UEFA Europa League ku nshuro ya mbere, umutoza Unai Emery akora amateka yo kwegukana iri rushanwa ku nshuro ya gatanu.
-
Kabila yasabye abanyecongo guhaguruka bakarwanya umushinga wo guhindura itegekonshinga
12 June, by Angeline MUKANGENZIUwahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko uwamusimbuye ashaka guhindura itegekonshinga kugira ngo agume ku butegetsi butagira imbibi maze asaba abanyecongo guhaguruka bose bakabirwanya.
-
Byatahuwe ko Arabie Saoudite yagabye ibitero kuri Iran
13 May, by ISIMBI EstellaByatahuwe ko Arabie Saoudite yagabye ibitero byinshi kuri Iran mu gusubiza ibyo Tehran yayigabyeho mu ntambara yatangijwe na Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 28 Gashyantare 2026.
-
Urukingo rwa Ebola rushobora kuboneka mu mezi icyenda- OMS
21 May, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko bishobora gutwara amezi icyenda kugira ngo urukingo rwa virusi ya Ebola izwi nka Bundibugyo ruboneke.
-
Urukiko rwatangaje ko rudafite ububasha bwo gukomeza kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko wise umuntu "igikuri"
12 June, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, wise ‘igikuri’ Ingabire Nelly usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije kuko bigize icyaha cy’ivangura.
-
Uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ubutasi bwa Ukraine Yakatiwe Igifungo cya Burundu azira kunekera Uburusiya
26 June, by ISIMBI EstellaUwahoze ari umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru mu rwego rw’ubutasi rwa Ukraine yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorera urwego rw’ubutasi rw’Uburusiya, FSB.
-
Urukiko rwa Loni rwanze kwimurira Musema Alfred muri gereza y’i La Haye
21 May, by ISIMBI EstellaUrwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwanze ubusabe bw’Umunyarwanda Musema Alfred bwo kuvanwa muri gereza yo muri Bénin, akimurirwa mu y’i La Haye mu Buholandi.
Umuryango.rw
Trump yatangaje ko Iran imuhiga bukware
Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe urw’agashinyaguro, hatangiye guhigwa abakekwaho uruhare mu rupfu rwe
UEFA Europa League: Aston Villa yegukanye igikombe, Unai Emery akora amateka
Byatahuwe ko Arabie Saoudite yagabye ibitero kuri Iran
Urukiko rwa Loni rwanze kwimurira Musema Alfred muri gereza y’i La Haye