Ingabo za Nigeria zatangaje ko zishe ibyihebe bibiri byari biyoboye itsinda ry’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro warimo ushimuta abanyeshuri bakoraga ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu gace ka Iluke mu Karere ka Kabba muri Leta ya Kogi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nigeria: Abayobozi babiri bakomeye ba Boko Haram bishwe
11 June, by Angeline MUKANGENZI -
Amerika yagabye ibindi bitero kuri Irani, Trump avuga ko bishobora kurushaho gukaza umurego.
9 July, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabye ibindi bitero kuri Irani ku wa Gatatu, nyuma y’uko Perezida Donald Trump avuze ko agahenge kari hagati y’impande zombi "karangiye". Trump yaburiye ko ibyo bitero bishobora "kurushaho gukomera" niba Irani ikomeje kugaba ibitero ku mato anyura mu Muyoboro wa Hormuz (Strait of Hormuz).
-
Iburasirazuba: Uwishe umuntu akamuca umutwe yarashwe ashaka gutoroka
12 May, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, yarashe abasore babiri barimo uwari utwaye ibiyobyabwenge washatse gutemesha umupolisi umuhoro n’undi wari watawe muri yombi azira kwica umusaza akamuca umutwe, warashwe ashaka gutoroka.
-
U Rwanda ni umukandida mu kwakira inama mpuzamahanga ku bimenyetso bya gihanga
20 May, by ISIMBI EstellaU Rwanda ni kimwe mu bihugu bizaba bihagarariwe mu nama y’ibigo bitanga serivisi z’ibimenyetso bya gihanga ku rwego rw’Isi izwi nka ‘IAFS 2026’, izabera i Sofia muri Bulgaria.
-
Kenya: Abantu 355 batawe muri yombi mu myigaragambyo ya Gen Z
25 June, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu muri Kenya, Kipchumba Murkomen, yavuze ko abantu 355 batawe muri yombi mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu uyu munsi, ku wa Kane, ashimira Abanyakenya ku bw’amahoro mu isabukuru y’imyaka ibiri y’imyigaragambyo ya Gen Z.
-
Trump yatangiye gahunda yo gukura Syria ku rutonde rw’ibihugu bishyigikira iterabwoba
9 July, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangiye ku mugaragaro ku wa Gatatu gahunda yo gukura Syria ku rutonde rw’ibihugu Amerika ishinja gutera inkunga iterabwoba. Yabimenyesheje Inteko Ishinga Amategeko (Congress) nyuma yo kubwira Perezida wa Syria, Ahmed al-Sharaa, ko iki cyemezo kizafasha mu kongera kubaka igihugu cyangijwe n’intambara.
-
Cyril Ramaphosa yakuriye inzira ku murima abamusaba kwegura
13 May, by Angeline MUKANGENZIMu gihe imvururu zikomeje kwiyongera mu gihugu cya Afurika y’Epfo hagati ya Leta n’abatavuga rumwe nayo, Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa yakuriye inzira ku murima abibwira ko ashobora kwegura ku butegetsi, avuga ko adateze kwegura nubwo Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu ikomeje kumushinja imikorere itanoze n’imyitwarire idakwiye umukuru w’igihugu.
-
King James yongereye umunsi w’igitaramo nyuma y’uko amatike ashize vuba
30 May, by ISIMBI EstellaUmuhanzi King James hamwe n’itsinda rifatanya na we mu gutegura igitaramo cye yise “20 Years of King James”, batangaje ko hiyongereho undi munsi w’iki gitaramo nyuma y’uko amatike y’umunsi wa mbere yashize vuba ku isoko mu minsi micye gusa.
-
Gufatira u Rwanda ibihano rusange nk’uko Amerika yabigenje ntacyo byatanga: Perezida Macron
13 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe make yo gutuma u Rwanda rugirana ubufatanye n’amahanga”.
-
Lt Col Gaspard yasabye urubyiruko kugirana igihango n’igihugu
30 May, by Angeline MUKANGENZILt Col Gaspard Harerimana,umuyobozi mukuru ushinzwe ikoranabuhanga muri Minisiteri y’ingabo, yavuze ko nyuma yo kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahise agirana igihango n’Inkotanyi, afata icyemezo cyo kuzajya mu gisirikare anaboneraho gusaba urubyiruko na rwo kugirana igihango n’igihugu.
Umuryango.rw
Nigeria: Abayobozi babiri bakomeye ba Boko Haram bishwe
Amerika yagabye ibindi bitero kuri Irani, Trump avuga ko bishobora kurushaho gukaza umurego.
U Rwanda ni umukandida mu kwakira inama mpuzamahanga ku bimenyetso bya gihanga
Trump yatangiye gahunda yo gukura Syria ku rutonde rw’ibihugu bishyigikira iterabwoba
Cyril Ramaphosa yakuriye inzira ku murima abamusaba kwegura
King James yongereye umunsi w’igitaramo nyuma y’uko amatike ashize vuba
Gufatira u Rwanda ibihano rusange nk’uko Amerika yabigenje ntacyo byatanga: Perezida Macron
Lt Col Gaspard yasabye urubyiruko kugirana igihango n’igihugu