INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA NKONGORI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Inyandiko yose iri hano hasi;
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA NKONGORI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
8 July, by ISIMBI Estella -
Perezida Tshisekedi yitabiriye ibirori bagiye kumwakira basanga yagiye
12 May, by Angeline MUKANGENZIAbayobozi batandukanye bitabiriye ubutumire bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, warahiriye kuyobora Uganda mu myaka itanu iri imbere.
-
RDC: Ibitero by’ingabo za leta byakomeje kwibasira ibice bituwe cyane i Minembwe
20 May, by Angeline MUKANGENZIKuva ku wa Kabiri, itariki 19 Gicurasi 2026, saa moya n’igice z’ijoro kugeza kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Gicurasi 2026, saa yine n’igice za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zakajije umurego mu bitero by’indege byibasiye uturere dutuwe cyane twa Kalingi, Bidegu, na Gakenke, bakoresheje indege zitagira abadereva za KT-6 na kamikaze.
-
Arne Slot ntakiri umutoza wa Liverpool FC
30 May, by Angeline MUKANGENZIMu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’ikipe ya Liverpool FC ryemeje ko, umutoza Arne Slot atakiri umutoza mukuru wayo, kandi iki cyemezo cyahise gitangira gushyirwa mu bikorwa itangazo, rikimara gusohorwa.
-
Abantu 45 muri RDC bafunzwe nk’imfungwa za politike
20 May, by Angeline MUKANGENZIMuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo habarurwa imfungwa za politiki nibura 45 zirimo izizira gukorana na bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi n’ibitekerezo bibunenga zatangiye mu ruhame.
-
Bill Gates yatangaje ko Epstein yamuteye ubwoba yifahishije amakuru yo guca inyuma umugore we
11 June, by Angeline MUKANGENZIUmunyemari Bill Gates yabwiye Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika uburyo Jeffrey Epstein yifashishije amakuru yari amufiteho yo guca inyuma umugore we, akamushyiraho igitutu ngo bakorane.
-
Irahira rya Museveni: Umusirikare wa Uganda yaciye ikoti ry’umurinzi wa Perezida Salva Kiir
12 May, by Angeline MUKANGENZIUmwe mu bagabo b’ibigango bacungira umutekano Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani y’Epfo, yaciriweho ikoti n’umusirikare wo mu ngabo za Uganda ubwo yari arinze sebuja werekezaga mu birori by’irahira rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda.
-
Umunyapolitiki ukomeye muri RDC yagaye umugambi wa Tshisekedi wo gushaka guhindura itegeko nshinga kugirango agume ku butegetsi.
30 May, by Angeline MUKANGENZIUmunyapolitiki akaba n’Umuganga ukomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Dr. Denis Mukwege, yashinje Perezida Félix Tshisekedi ubugambanyi bukomeye budashobora kubabarirwa ashingiye ku mugambi we wo gushaka kuguma ku butegetsi.
-
King James yasobanuye impamvu atigeze akorana n’abahanzi b’abanyamahanga
11 June, by ISIMBI EstellaMu gihe abahanzi benshi bo mu Rwanda bakomeje kwagura ibikorwa byabo binyuze mu gukorana n’abahanzi bo mu bindi bihugu, umuhanzi King James we afite amateka yihariye. Nubwo amaze imyaka igera kuri 20 akora umuziki nk’umwuga, kugeza ubu ntarashyira hanze indirimbo yakoranye n’umuhanzi wo hanze y’u Rwanda.
-
Iran yashinje Trump gukoresha imvugo nyandagazi
9 July, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yanenze imvugo ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ayita nyandangazi, ariko ashimangira ko itabangamira icyubahiro n’ubunini bw’igihugu cye.
Umuryango.rw
INYANDIKO Y’UMWANDITSI IHAMAGARA NKONGORI NK’UMUBURANYI UDAFITE AHO ABARIZWA
Perezida Tshisekedi yitabiriye ibirori bagiye kumwakira basanga yagiye
RDC: Ibitero by’ingabo za leta byakomeje kwibasira ibice bituwe cyane i Minembwe
Arne Slot ntakiri umutoza wa Liverpool FC
Bill Gates yatangaje ko Epstein yamuteye ubwoba yifahishije amakuru yo guca inyuma umugore we
Irahira rya Museveni: Umusirikare wa Uganda yaciye ikoti ry’umurinzi wa Perezida Salva Kiir
Umunyapolitiki ukomeye muri RDC yagaye umugambi wa Tshisekedi wo gushaka guhindura itegeko nshinga kugirango agume ku butegetsi.
King James yasobanuye impamvu atigeze akorana n’abahanzi b’abanyamahanga